Menya Impamvu abantu bakenera kwayura

Abashakashatsi b’urubuga YouTube/Vsauce rushyira ahagaragara amashusho y’ingingo zakozweho ubushakashatsi mu bya siyansi bavuga ko kwayura bidaterwa n’uko umwuka uba wabaye muke ahantu umuntu wayura aherereye, nk’uko bamwe babikeka. Kwayura ahubwo ngo ni nko gusubiza intege umubiri igihe wananiwe kugira ngo ukomeze gukora neza. Abo bashakashatsi banagaragaje ko ubwonko bukora nka mudasobwa ku buryo buba bukeneye […]

Continue Reading

Uwifuza ko ingoma ya cyami isubiraho mu Rwanda arashaka kuba Perezida

Manirareba Herman, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, impapuro zisaba kuba umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora yo muri Nyakanga 2024. Uyu mugabo atsimbaraye ku gusubizaho ingoma ya cyami, yashyikirije komisiyo y’amatora ibyangombwa asaba kuzahatana mu matora y’umukuru w’igihugu. Akimara gutanga kandidatire yagize ati: “Umwanya wa Perezida wa Repubulika niwo unkwiye ariko umbonye ngenda […]

Continue Reading

Police FC yatandukanye n’abakinnyi icyenda barimo bakapiteni bayo babiri

Ikipe ya Police FC iheruka gutwara igikombe cy’amahoro,yatandukanye n’abakinnyi icyenda barimo abazwi cyane nka Rutanga Eric na Nshuti Savio bari bakapiteni. Amakuru  avuga ko abakinnyi bashoje amasezerano babwiwe gushakira ahandi barimo Gadi Ndizeye ukina inyuma ibumoso, Rurangwa Mossi ukina mu bwugarizi bwo hagati, Patrick Ruhumuriza ukina inyuma iburyo, Rutanga Eric wigeze kuba kapiteni wayo, Kapiteni […]

Continue Reading

M23 yateze yavuze ikintu gikomeye kubutegetsi bwa Felix Tshisekedi

Colonel Nsabimana ushinzwe Igenamigambi muri M23, kuri uyu wa 23 Gicurasi 2024 yasuye abatuye mu gace ka Kinigi muri Teritwari ya Masisi,atangaza ko bashaka gukuraho ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi. Ibi uyu yabivuze mu gihe izi nyeshyamba zikomeje kurasa kuri FARDC n’abambari bayo bakiruka ari nako basiga intwaro nyinshi. Yabwiye abaturage ati “Iriya ngoma mbi ya […]

Continue Reading

RDC yaguze ubwato bw’intambara bwa TL-997

Igihugu cya RDC biravugwa ko cyaguze ubwato bukomeye bw’intambara bwitwa Project 368T cyangwa TL-997 bukoreshwa muri patrol ndetse bukaba burasa kure cyane. Byakomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga ko ubu bwato igihugu cya RDC cyabuguze kuko bwarasa igisasu kikagera i Kigali. Icyakora u Rwanda ruriteguye cyane kuko Kivu cyose ubu kirizwe cyane n’amato menshi ya RDF. […]

Continue Reading

Cléophas Barore umuyobozi wa RBA yabaye uwa mbere mu ishami yigagamo muri Kaminuza

Cléophas Barore, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), yasoje amasomo y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza ari uwa mbere, mu Ishami rya Théologie muri Kaminuza ya East African Christian College. Uyu mugabo ni umwe banyamakuru bakunzwe bitewe n’ubuhanga yagiye agaragaza mu gusoma ibinyamakuru mu kiganiro ‘Makuru ki mu binyamakuru?’ kuri Radio Rwanda kiba buri wa Gatandatu, ndetse […]

Continue Reading

Abaturage bashyamiranye n’Umusirikare Barindwi bahasiga ubuzima

Ahitwa Katana muri Teritwari ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo haraye habereye imirwano hagati y’abasirikare n’abasivili igwamo abantu barindwi. Intandaro ni ugutongana hagati y’umubyeyi w’umukobwa wateretwaga n’umusirikare baza kugira ibyo bapfa. Intonganya hagati y’uwo mubyeyi n’umusirikare wateretaga umukobwa we zaje kuvamo urupfu rw’uwo mubyeyi arashwe n’umusirikare. Nyuma y’iryo raswa, abaturage bararakaye baza guhangana n’uwo musirikare wari […]

Continue Reading

Gitifu yagiye mu nama yasinze bikabije

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikaya gaherereye mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, yitabiriye inama ku Murenge ayigeramo akerewe ndetse yanasinze bigaragara, hitabazwa igipimo cya Polisi basanga afite hejuru ya 400%. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2024 ubwo mu Murenge wa Nyamirama hakorwaga inama yaguye y’umutekano y’Umurenge, yigaga ku […]

Continue Reading

Menya akamaro ko kunywa amakara nk’umuti n’uburyo atunganywa

Amakara akoreshwa nk’umuti w’indwara zitandukanye harimo no gusohora uburozi mu mubiri, ntabwo ari amakara yo mu ziko cyangwa se mu mbabura amenyerewe, ahubwo ni amakara yatunganyirijwe kuba umuti azwi nka ‘Charbon actif/Activated charcoal’. Izina ryayo rya gihanga ni ‘Carbo vegetabilis’. Aya makara aboneka mu nzu zicuruza imiti ashobora kuboneka ari ifu cyangwa ibinini. Gukoresha amakara […]

Continue Reading

Perezida Kagame yatashye inyubako yatwaye miliyari 22 Frw {AMAFOTO}

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2024, yatashye ku mugaragaro inyubako nshya igezweho mu Mujyi wa Kigali yuzuye itwaye miliyari zisaga 22 z’amafaranga y’u Rwanda. Ni inyubako y’Ikigo Radiant Insurance Company Ltd gitanga serivisi z’ubwishingizi mu Rwanda, umuhango wo kuyitaha ukaba witabiriwe n’abayobozi muri Guverinoma, abahagarariye ibigo n’imiryango […]

Continue Reading

Dore ibyago byo gukuramo inda ku bushake,ndetse n’ingaruka bigira

Zimwe mu ngorane ziri kuba mu ngo zimwe na zimwe ni ukubura urubyaro nyamara basuzuma ugasanga umugabo n’umugore bose ni bazima, nuko abazi amateka y’umugore ugasanga bahwihwisa ko ari uko umugore akiri inkumi yakuyemo inda nyinshi. Gutwara inda zitateganyijwe bituma abazitwara bamwe muri bo bahitamo kuzikuramo nubwo hari intwari zemera zikabyara nubwo biba bigoye gutwita […]

Continue Reading