Umuhanzi Riderman yaba agiye kwiyamamariza kuba Depite
Emery Gatsinzi wamenyekanye nka Riderman mu muziki yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yatangazaga ko yitegura kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishingamategeko akanakomoza ku birebana n’umusaruro w’Umudepite wagiye ahagarira urubyiruko mu Nteko mu gihe cyatambutse. Ibitekerezo bya benshi ku butumwa bwa Riderman, bigaruka ku kuba igihe kigeze ko mu Nteko Ishingamategeko mu Rwanda habonekamo umuntu uhagarariye ubuhanzi. […]
Continue Reading
