Rubavu: Akanyamuneza ni kose, Icyapa cyo kwa Rujende cyasubijweho

Abakorera mu isoko rikuru rya Gisenyi akanyamuneza ari kose nyuma y’uko bamenye ko bashyiriweho icyapa gisimbura icyo kwa Rujende cyegereye isoko.   Ibi babigarutseho nyuma y’ikiganiro cyahuje inzego zitandukanye ziganira ku cyemezo cy’Inama njyanama cyo gusubizaho icyapa cyari cyaravanweho mu mujyi wa Gisenyi.   Umubyeyi witwa Maman Grace ukorera mu isoko rya Gisenyi yagize ati […]

Continue Reading

Expo y’Iburengerazuba yafunguriye amarembo abanyamahanga barimo abo muri Ghana

Ubwo hatangizwaga imurikagurisha ryateguwe n’Intara y’Iburengerazuba hagaragayemo abaje kumurika no kugurisha ibyo bakora bakomoka mu burengerazuba bw’Afurika, ibyo Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera muri iyi ntara yavuze ko ari amahirwe kubanyarwanda bazayigana.   Ku ikubitiro Iri murikagurisha ribera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu ryitabiriwe n’ibigo 171  birimo inganda, ibigo by’itumanaho, ubukorikori, ubuhinzi n’ubworozi, ubucuruzi busanzwe, ubukerarugendo n’ibindi, […]

Continue Reading