Abatoza b’ingabo za EAC zihora ziteguye gutabara aho rukomeye basoje imyitozo yakorerwaga mu Rwanda

Abatoza b’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zishinzwe gutabara aho rukomeye (Eastern Africa Standby Force:EASF) basoje amahugurwa ya gisirikare yaberega mu Rwanda. Ayo magurwa yaberaga mu Ishuri rya Gisirikare rya Rwanda Peace Academy akaba yari agamije gufasha abayobozi b’ingabo zihuriye muri EASF kwiyungura ubumenyi. Ni amahugurwa arebana no kuyobora urugamba aho yagenewe abasirikare bakuru basanzwe bagira uruhare […]

Continue Reading

FARDC yagabye ibitero bya Sukhoi-25 na drone mu bice AFC/M23 igenzura

CH-4 ku bice byo muri teritwari ya Masisi bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasobanuye ko iki gitero cyagabwe mu bice bituwe cyane birimo Bibwe, Chysto, Hembe, Nyange no mu bice bihana imbibi; bipfiramo abasivili benshi. Ati “Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nzeri 2025, Leta y’iterabwoba ya […]

Continue Reading

U Rwanda rwagereranyije ibyo u Burundi bukora muri RDC no gusuka lisansi mu muriro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasabye u Burundi guhagarika intambara burimo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko bisa no gusuka lisansi mu muriro. Minisitiri Nduhungirehe yagarutse ku ruhare rw’u Burundi mu ntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Scovia Mutesi. Ingabo z’u Burundi ni zimwe mu zoherejwe n’Umuryango […]

Continue Reading

RGB yaburiye abanyamadini bafungiwe insengero bakimukira kuri internet

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwihanangirije abapasiteri n’abayobozi b’amadini n’amatorero byafunzwe n’ibyambuwe ubuzima gatozi bikimukira kuri ‘internet’, ivuga ko batazihanganirwa. Ni bimwe mu byatangajwe n’uru rwego mu nama yahuje RGB n’abayobozi b’amadini n’amatorero, yagarukaga ku kurwanya ibyaha by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro. Nyuma y’uko RGB ifunze insengero, imisigiti na kiliziya bitujuje ibisabwa, […]

Continue Reading

Urubanza rwa Kalisa Adolphe “Camarade’’ rwasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo mu Karere ka Gasabo, rwasubitse iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ruregwamo Kalisa Adolphe, wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Kalisa Adolphe ashinjwa ibyaha bibiri birimo icyo kunyereza umutungo n’icyo gukoresha inyandiko mpimbano, akaba yaburanye ahakana ibyaha byose aregwa. Uru rubanza rwagombaga kuba kuri uyu wa 19 […]

Continue Reading

Rutsiro: Huzuye ibitaro bigezweho bizafasha abasaga miliyoni 5

Abaturage bo mu Ntara y’Iburengerazuba begerejwe ibitaro bigezweho byubatse hafi y’inkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rutsiro, byitezweho gufasha abaturage basaga miliyoni eshanu barimo n’abazajya bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibyo bitaro byiswe ‘Kivu Hills Medical Center (KHMC)’ byubatswe kuri hegitari hefi ebyiri kuri umwe mu misozi iherereye mu Murenge wa […]

Continue Reading

Musanze: Umugabo yiyahuye hakekwa amakimbirane ashingiye ku mitungo

Umugabo witwa Byiringiro Emmanuel, w’imyaka 26, washakanye na Ayingeneye ufite imyaka 30, wari utuye mu Kagari ka Ninda, Umudugudu wa Kabagorozi, Umurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze, yasanzwe amanitse mu kiziriko bikekwa ko yiyahuye harakekwa amakimbirane akomoka ku mitungo. Hari andi makuru avuga ko uyu mugabo yari amaze iminsi afitanye amakimbirane na nyina umubyara […]

Continue Reading

Rusizi: Uwari umaze iminsi 9 ahishije inzu n’igikoni yari yimukiyemo cyakongotse

Mu ma saa tatu z’igitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 18 Nzeri 2025, Cakwakuzi Straton w’imyaka 66, wari umaze iminsi 9 ahishije inzu n’ibyarimo byose, akimukira mu gikoni kitari cyahiye, na cyo cyafashwe n’inkongi kirakongoka. Yari atuye mu Mudugudu wa Cyapa, Akagari ka Burunga,Umurenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi. Uyu mugabo usanzwe ari […]

Continue Reading

Abanyarwanda n’Abarundi 34 batawe muri yombi bazira kwinjira muri Tanzania binyuranyije n’amategeko

Inzego zishinjwe abinjira n’abasohoka muri Tanzania zatangaje ko zataye muri yombi Abanyarwanda n’Abarundi 34 bazira kwinjira muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Aba Banyarwanda n’Abarundi bafashwe binyuze mu mukwabo wakorewe mu Karere ka Mbogwe muri Geita, hagamijwe gukaza umutekano mu gihe Tanzania yitegura amatora y’umukuru w’igihugu mu Ukwakira 2025. Ni umukwabo wakozwe ku mabwiriza […]

Continue Reading

AU igiye gukoresha ubumenyi bw’u Rwanda mu by’isanzure mu kwirinda ibiza muri Afurika

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Isanzure, RSA, cyinjiye mu mikoranire n’Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, gifasha za guverinoma gukumira no guhangana n’ingaruka z’ibiza muri Afurika (African Risk Capacity Agency: ARC), hagamijwe guhangana n’ingaruka z’ibiza hisunzwe amashusho ya satelite. Ubu bufatanye burimo ko RSA izajya iha ARC amakuru asesenguye, iki kigo cya AU kikayifashisha mu guhangana n’ibiza […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahaye inshingano abarimo abakora muri Perezidansi

Kuri uyu wa 18 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashyizeho abayobozi batandukanye barimo n’abakora mu Biro by’Umukuru w’Igihugu. Nk’uko bikubiye mu Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, abayobozi bahawe inshingano hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 116, iya 112, n’iya 111: Mu bagize […]

Continue Reading