Chantal wareze Dr. Nsabimana wabaye Minisitiri, yatsinzwe urubanza anacibwa miliyoni 1 Frw
Muganga yavugaga ko yatunguwe no kubona Nsabimana ashatse undi mugore rwihishwa kandi ko ubwo buriganya yamukoreye bwamuteye uburwayi bukomeye bw’agahinda gakabije ku buryo yavujwe n’umuryango we ariko kugeza ubu bikaba byaranze. Yasabaga urukiko gutegeka Nsabimana Ernest kuryozwa indishyi zitandukanye zingana na 406.000.000 Frw zirimo n’amafaranga agomba kumufasha gukomeza kwivuza. Yaburanye avuga ko igikorwa yakorewe cyo […]
Continue Reading
