AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani
Nyuma y’iminsi abarwanyi ba AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Nzibira wari ihuriro ndetse n’ahategurirwa ibitero by’ingabo za Leta ya Congo n’imitwe bafatanyije, batangaje ko bagomba kubohora Uvira, Mwenga na Kisangani. Umujyi wa Nzibira ni umwe mu y’ingenzi muri Kivu y’Amajyepfo, uzwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro arimo gasegereti na zahabu. AFC/M23 yafashe byuzuye uyu mujyi ku wa 22 […]
Continue Reading
