Abimukira bavanywe muri Amerika bakajyanwa muri RDC, ntago bahishimiye.
Abimukira bavanywe muri Amerika bakoherezwa muri Congo, bari mu rungabangabo, aho bamwe bavuga ko bifuza gusubira mu bihugu bavukamo aho kuba ahantu batazi, batanizeye ahazaza habo. Aba bimukira bageze muri RDC mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’amasezerano yasinywe n’impande zombi, aho Amerika yohereza muri iki gihugu gituranye n’u Rwanda abimukira bayigezemo binyuranyije n’amategeko, bakanarenga bagakora […]
Continue Reading
