Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025.
Gufata ibyemezo bidakurikije amategeko byatumye Leta y’u Rwanda ijya mu manza n’abakozi ndetse itsindwa 23% byazo mu mwaka ushize wa 2025, yishyura asaga miliyoni 46 Frw arimo n’indishyi z’akababaro. Raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2024/2025 ya Komisiyo y’ Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), igaragaza ko yakurikiranye imanza zirebana n’umurimo zaciwe, igasanga inzego za Leta 22 […]
Continue Reading
