Fra’s fusion of art, sustainability the dawn of new era in streetwear fashion?

WearFragile, a skateboarding brand born from a deep passion for art and sustainability, started with a vision to blend these elements into a distinctive community brand. Widely recognized within Rwanda’s hip-hop scene, WearFragile—often simply called ‘Fra’—was founded by Chris Manzi, Arsene Butare, and Davy Iyamuremye. Their ambition includes creating a private skatepark to serve as […]

Continue Reading

Inkongi y’umuriro i Bukavu yasize iheruheru abatari bake

Inkongi y’umuriro ikaze yibasiye umujyi wa Bukavu, mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 9 Kamena rishyira kuri uyuwa 10 Kamena, yibasiye igice kinini cy’agace ka Nyamugo muri Kivu y’Amajyepfo,yangiza byinshi ndetse inahitana abantu benshi. Rubanda rwabuze icyo rukora, kubera kubura ubutabazi,ubutunzi bwabo buhinduka umuyonga. Abantu bane,bo mu muryango umwe, bari mu bahitanwe n’uyu muriro […]

Continue Reading

Menya imishahara y’abapolisi mu Rwanda nuko Igenda irutanwa

Iteka rya Perezida No001 ryo ku wa 14/01/2016 ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda kuri uyu wa 18/01/2016, rigena imishahara y’abapolisi. Byatangiye gukurikizwa mu mwaka w’ingengo y’imari 2016/2017. Ikindi ni gross salary (umushahara mbumbe mbere yuko havamo imisoro nibindi) Constable of Police 70,799 Rwf Corporal 83,829 Rwf Sergeant 96,877 Rwf Senior Sergeant. […]

Continue Reading

Rubavu: Abashumba bahawe amakarita y’akazi mugukemura ikibazo cy’urugomo bakora

Nyuma y’ibikorwa by’urugomo bikorerwa abaturage bikozwe na bamwe mu bashumba b’inka bakorera mu karere ka Rubavu, Ubuyobozi buvuga ko bwafashe ingamba zikomeye mu gukemura icyo kibazo. Amakuru dukesha Mama Urwagasabo avuga ko zimwe mu ngamba zafashwe ari uguha aba bashumba amakarita y’akazi abaranga,hanyuma kandi, umushumba wese akaba agomba kuba afite indangamuntu. Umuyobozi w’akarere ka Rubavu, […]

Continue Reading

Menya ingano y’umushahara wa Perezida, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri n’abandi

Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara. Aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu, barimo Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe w’Abadepite ; […]

Continue Reading

Burera: Bavuga ko hari abagabo bishyiriyeho gahunda bise agakono k’abapapa bahaha ibiryo bakabirya bonyine

Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, bavuga ko hari abagabo bishyiriyeho gahunda idahwitse bise agakono k’abapapa bahaha ibiryo bakabirya bonyine babyitekeye ubwabo cyangwa se babisabye abagore babo, ibi ngo bikaba ari bimwe mu bitiza umurindi igwingira ry’abana. Umwe mu bagore bo mu Murenge wa Cyanika, Akagari ka Kamanyana, Mukaberwa […]

Continue Reading

Perezida Tshisekedi yagaragaje umukomando wahawe akazi ko kwivugana Corneille Nangaa wa AFC/M23

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ku wa Kabiri, itariki ya 4 Kamena 2024, yashyize ahagaragara ifoto y’umuntu wambaye gisirikare bivugwa ko ari umukomando wahawe akazi ko kwica Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille Nangaa. Uyu mugabo ufite imbunda ya mudahusha bahaye izina rya Ndayisaba Rodrigue uvuga ko yiteguye gukuraho Corneille Nangaa. […]

Continue Reading

Umugabo yatawe muri yombi mu bukwe azira kuba yari agiye gushaka umugore wa kabiri

Umugabo w’imyaka 48 wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho icyaha cy’ubuharike no guta urugo. Byabereye mu Mudugudu wa Kabagabo, Akagari ka Mubumbano Umurenge wa Kagano tariki 7 Kamena 2024. Uyu mugabo washakanye n’umugore we byemewe n’amategeko mu 2003, mu myaka 8 ishize yataye urugo ajya gutura mu karere ka Rwamagana, Umurenge wa […]

Continue Reading

Umuhanzi ukomeye mu Rwanda yafungishije umupolisi nyuma yo kumuha amafaranga akajya kumubeshyera muri RIB avuga ko ari ruswa yasabwe

Amakuru akomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, aravuga ko umuhanzi w’icyamamare witwa Christopher Muneza yafungishije umwana muto w’umupolisi ndetse akamwirukanisha mu kazi ke nyuma yo kumubeshyera ko yamwatse ruswa y’ibihumbi 20 Frw ubwo yari amaze kumuhagarika mu muhanda. Amakuru ducyesha IMIRASIRETV aturuka muri bamwe mu bafite amazina akomeye mu myidagaduro ya hano […]

Continue Reading

Imyitwarire mishya iranga umuntu utangiye gutunga amafaranga menshi

Kugira amafaranga ntibituruka ku mahirwe ubuzima butanga gusa, ahubwo ni n’amahitamo ugira, imyitwarire yawe ndetse n’icyo ushaka kugeraho. Uko imyaka y’amavuko yiyongera, ibidutwara amafaranga birahinduka, bikava ku gusesagura bikaba gushora ahafite inyungu ndetse usanga abenshi imyitwarire yabo ihinduka. Abarushaho kugira amafaranga uko imyaka yiyongera, batangira kugira indi myitwarire iganisha ku kugira iterambere, ibitekerezo byagutse no […]

Continue Reading

Ahahoze akajagari huzuye amagorofa y’igitangaza {AMAFOTO}

Ahazwi nko mu Cyahafi,mu murenge wa Gitega wo mu karere ka Nyarugenge,hahoze akajagari, ubu huzuye amagorofa azatuzwamo imiryango 534. Uyu mudugudu w’Icyitegererezo w’amagorofa,ushobora kuzatahwa ku munsi wo Kwibohora,kuwa 04/07/2024. Mu bazahatuzwa muri aya magorofa harimo: 1. Imiryango yari ihatuye mu buryo bw’akajagari yose hamwe 131 2. Iyakuwe mu manegeka ahandi muri Nyarugenge na Gasabo yose […]

Continue Reading