U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 18 cy’abimukira bavuye muri Libya

Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwakiriye ikindi cyiciro cy’abimukira n’abasaba ubuhungiro 113 baturutse muri muri Libya, muri gahunda y’agateganyo yo kubakira mu gihe bategereje kwimurirwa mu bindi bibugu by’i Burayi n’Amerika byemera kubakira. Iyo gahunda yiswe ETM ni iy’ubutabazi yatangiye mu myaka 5 ishize hagamijwe gusigasira uburenganzira bw’abasaba ubuhungiro ku bushake bwabo kandi mu […]

Continue Reading

Urukiko rwakatiye Ntarindwa wamaze imyaka 23 mu mwobo yihishe gufungwa by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwakatiye gufungwa by’agateganyo Emmanuel Ntarindwa w’imyaka 51 Ukekwaho icyaha cya jenoside. Emmanuel Ntarindwa urukiko rwiherereye rusanga uyu mugabo hari impamvu zikomeye zituma acyekwaho icyaha cyo gukora jenoside niko gufata icyemezo ko yaba afunzwe by’agateganyo. Uyu aherutse gufatirwa mu rugo rw’umugore mu kagari ka Kavumu mu Murenge wa […]

Continue Reading

Abantu 80 bapfuye nyuma yuko ubwato burohamye

Abantu nibura 80 bapfuye nyuma yuko ubwato burohamye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nkuko byatangajwe n’ibiro bya Perezida w’icyo gihugu. Byabereye mu mugezi wa Kwa, mu ntera ya kilometero 70 uvuye mu mujyi wa Mushie, mu ntara ya Maï-Ndombe, hafi y’umupaka na Congo-Brazzaville bahana imbibi. Itangazo ry’ibiro bya Perezida Félix Tshisekedi rivuga ko “ashenguwe” […]

Continue Reading

Diane Rwigara yitandukanyije n’amagambo ya nyina

Umukobwa wa Rwigara Assinapol wabaye umushoramari ukomeye mu Rwanda, Diane Shima Rwigara, yagaragaje ko yitandukanyije n’ibyo nyina, Adeline Mukangemanyi Rwigara, yatangaje. Mu butumwa Diane yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri uyu wa 11 Kamena 2024, yagize ati “Ibyo umubyeyi wacu atangaza mu biganiro ni ibitekerezo bye bwite. Yaba njye, cyangwa basaza banjye, ntaho duhuriye […]

Continue Reading

Umusore yagiye gusaba umuyobozi w’umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi

Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42 bikekwa ko “yahaye ikiraka” Athanase Ntawupfabimaze w’imyaka 26 afatanyije na Ndagijimana Vincent bahimba Mayambara w’imyaka […]

Continue Reading

SEDO w’Akagari yafunzwe kubera ruswa y’intica ntikize

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe Iterambere n’ubukungu mu Kagari ka Kajinge (SEDO) akurikiranyweho gusaba no kwakira indonke y’amafaranga ibihumbi 20 Frw. Bigirimana Jean de Dieu w’imyaka 40 y’amavuko yatawe muri yombi ku wa 10 Kamena 2024 aho yasabye akanakira amafaranga y’umuturage kugira ngo amuhishire kandi amufashe kugurirwa indi nka […]

Continue Reading

Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya UTB yitabye Imana

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu (UTB) bwatangaje ko Prof Dr Simon Wiehler, wari Umuyobozi Mukuru wayo yitabye Imana. Kuri uyu wa kabiri, nibwo umuyobozi wa UTB wungirije ushinzwe amasomo yashyize hanze itangazo ry’uko uwari Umuyobozi Mukuru wayo yitabye Imana kuwa 10 Kamena 2024. Prof. Simon yakoze imirimo itandukanye, nk’aho yabaye Umuyobozi wungirije muri kaminuza […]

Continue Reading

Rubavu: Urwagwa rukomeje gutesha agaciro abagabo

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyakiliba haravugwa cyane amakuru y’abagabo basuzugurwa n’abagore babo, bitewe n’uko ngo aho kujya mu kazi bibeta mu tubari bakirirwamo, nyamara abagore babo bagiye gushakisha amafaranga mu bucuruzi buciriritse. Ibi byatangajwe n’abagore ubwabo ndetse n’abagabo bo muri uyu Murenge batangarije Imvaho Nshya ko aho bigeze hakenewe inama z’ubuyobozi kugira […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku ntambara ya Isiraheli na Hamas

Perezida Kagame yagaragaje ko n’ubwo ikibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza gikomeye bitavuze ko kitakemuka. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari mu Nama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cya Gaza, iri kubera muri Jordanie. Ni inama yatumijwe n’Umwami wa Jordanie, Abdullah II Ibn Al-Hussein, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi […]

Continue Reading

M23 yashyizeho ubuyobozi bushya

Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ko bwashyizeho Umuhuzabikorwa uwuhagarariye mu mahanga mu Banyekongo bo muri Diyasipora,uwo akaba ari Manzi Willy. Ibi byatangaje kuri uyu wa Mbere, tariki 10 Kamena 2024,mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa. Iri tangazo rivuga ko iki cyemezo gishingiye ku nshingano za Perezida wa M23 yemererwa n’icyemezo gifite nimero […]

Continue Reading

Ingabo z’u Rwanda zishe ibyihebe 70

Ingabo z’u Rwanda, zifasha iza Mozambike mu kurwanya ibyihebe, ziravuga ko zishe byibuze ibyihebe [abajihadiste] 70 mu gace ka Mbau,ko mu karere ka Mocímboa da Praia, mu majyaruguru y’intara ya Cabo Delgado. Nk’uko Televiziyo ya Mozambike (TVM) ibitangaza ngo ibi byihebe bigize itsinda ry’abantu 150 bateye Mbau ku ya 29 Gicurasi. Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda […]

Continue Reading