BUGESERA :Dr Frank Habineza yemereye abaturage umuhanda n’uruganda rukora amagare

kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024, mu karere ka BUGESERA, Dr Frank Habineza Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ubwo biyamamazaga muri aka karere yemereye abaturage amazi meza umuhanda wa kaburimbo n’uruganda rukora amagare bishimisha cyane abaturage bitabiriye ibi bikorwa. Ibi bikorwa byatangiriye mu […]

Continue Reading

Hagiye kumurika imashini yakoze izajya ifasha abantu bashaka gupfa mu gihe gito cyane

Dr. Philip Nitschke, uzwi ku izina rya Dr. Death, arateganya kumurika imashini izajya ifasha abantu bashaka gupfa mu buryo bwihuse kandi mu mahoro. Nk’uko ikinyamakuru cyo mu Budage, Neue Zürcher Zeitung, cyabitangaje, izi mashini zishobora gutangira gukoreshwa mu Busuwisi bitarenze Nyakanga 2024. Iyi mashini yitwa “Suicide capsules” ifite ubushobozi bwo gufasha umuntu gupfa mu gihe […]

Continue Reading

Polisi yamaze impungenge ku mikorere ya Camera zigenzura umuvuduko

Polisi y’u Rwanda yatangiye gukoresha camera zigenzura umuvuduko mu 2019, aho camera ya mbere yashyizwe i Kanzenze mu Karere ka Bugesera. Nyuma yo kubona umusaruro mwiza, camera zashyizwe ahandi hantu nka Nyagasambu, Kamonyi, Ryabega, na Kanyinya. Ubu, izi camera ziri hose mu mihanda y’u Rwanda, harimo no mu Mujyi wa Kigali no mu ntara.   […]

Continue Reading

Abarenga ibihumbi 200 bagiye gukora ibizamini bizosa amashuri abanza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 202,999 bagiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2023-2024.   Aba banyeshuri barimo abahungu 91.189 n’abakobwa 111.810 basoje icyiciro cy’amashuri abanza bagiye gukora ibizamini bizatangira kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024.   Biteganyijwe ko abayobozi mu nzego z’uburezi bazatangiza ku mugaragaro ibyo bizamini hirya no hino […]

Continue Reading

Abanyamerika batandatu bafunzwe bazira gufotora ishuri rya Perezida w’Inteko

Abakerarugendo b’Abanyamerika batandatu n’umushoferi wabo batawe muri yombi na Polisi ya Uganda ubwo bafatwaga bari gufotora ikigo cy’amashuri cya Anita Among, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko. Aba bakerarugendo bari mu bagize umuryango utegamiye kuri Leta ufasha bimwe mu bigo by’amashuri muri Uganda ndetse n’abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye.   Ubwo bari mu rugendo berekeza muri […]

Continue Reading

NYAMAGABE: Abaturage twahanye igihango gikomeye” Dr Habineza Frank”

Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, Mu murenge wa Gasaka akarere ka Nyamagabe Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR,  riratangaza ko ryahanye igihango n’abaturage b’akarere kuko mu bibazo bajyanye mu nteko 70% byarakemutse naho ibindi bakurikiranye nyuma 50% byagezweho. Hon Dr Habineza yagarutse kubyo bakoze birimo ibibazo bajyanye mu nteko uko byakemutse […]

Continue Reading

Mpayimana yahishuye impamvu ari ’Umukandida w’amafi’

Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Mpayimana Philippe, yasezeranyije abaturage bo mu Ntara y’Iburengerazuba ko naramuka atorewe kuyobora Igihugu azashyiraho umushahara ku bayobozi b’imidugudu no kongera umusaruro w’amafi mu gihugu.   Yavuze ko azafasha kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda bari mu mahanga no kuzahuza Minisiteri zimwe na zimwe. Yateguye kandi gahunda yo kuvugurura Ambasade z’u Rwanda kugira ngo […]

Continue Reading

Umwezi FM igiye gutangira kumvikanira

Kera kabaye abakunzi ba Radiyo ya Umwezi FM bagiye gutangira kuyumva ndetse n’abazayikoraho bamenyekanye. Izajya ivugira ku murongo wa 95,3 FM yumvikanire mu bice bitandukanye by’igihugu cyane cyane iby’Umujyi wa Kigali.   Ababyibuka neza bazi ko uyu murongo wavugiragaho radiyo y’Ikigo B&B Kigali Group, kiyobowe na Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka ‘Jado Castar’. Icyo […]

Continue Reading

Kibeho: Barashimira ubuvugizi bwa DGPR

  Kuri iki cyumweru tariki ya 7Nyakanga 2024, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu bikorwa byo kwamamaza Dr Frank Habineza no kwamamaza abadepite b’iri shyaka, abaturage baganiriye na Rwandanews24 bishimira ko bahawe umuhanda wa kaburimbo. Umuturage utashatse kwivuga amazina ku mpamvu ze bwite yavuze ko yishimira ko bahawe umuhanda ngo kujya Huye bisigaye biborohera […]

Continue Reading

U Rwanda na Congo ku meza y’ibiganiro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bongeye gusubira ku meza y’ibiganiro mu rwego rwo gushaka umuti w’umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi. Ibi biganiro byabereye i Zanzibar muri Tanzania, mu mwiherero w’abayobozi bo muri Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba […]

Continue Reading

Perezida wa Sena Dr Kalinda yavuze ibintu bikomeye ku mukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame

Perezida wa Sena y’u Rwanda akaba n’Umurwanashyaka w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza (PSD), Dr Kalinda Fancois Xavier yasabye abayoboke b’iryo shyaka n’abaturage muri rusange gutora Paul Kagame ngo akomeze ayobore u Rwanda kuko ibikorwa n’ibigwi bye byivugira.   Yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Nyakanga 2024, ubwo yari yifatanyije n’abarwanashyaka ba PSD mu […]

Continue Reading