EU yafatiye ibihano abantu 9 barimo Colonel wo mu ngabo z’u Rwanda

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo abayobozi mu ihuriro AFC ribarizwamo M23 ndetse no mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Abahanwe barimo na Colonel wo mu ngabo z’u Rwanda. EU mu itangazo yasohoye yemeje ko mu bo yafatiye ibihano harimo Bénjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga nshingwabikorwa wa […]

Continue Reading

RDC: Umunyamakuru ukomeye uherutse kwinjira muri AFC yagaragaye yambariye urugamba

Mu gihe Perezida Tshisekedi atekereza ko yateye ubwoba Abanyekongo binyuze mu manza zishingiye kuri politiki, gufatira imitungo yabo no kugarura igihano cy’urupfu, benshi bakomeje kwifatanya n’Ihuriro rirwanya ubutegetsi, Alliance Fleuve Congo (AFC), barimo Umunyamakuru n’umwanditsi Magloire Paluku Kavunga, kuri iyi nshuro wagaragaye mu bice bagenzura yambariye urugamba afite n’imbunda. Uyu munyamakuru unakurikiranira hafi politiki y’igihugu […]

Continue Reading

Andi mahirwe Abanyarwanda bafite mu kongera gutora Perezida Kagame

Nyuma y’uko Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda, igihugu cyacu cyinjiye mu bihe bishya by’iterambere, bitandukanye cyane n’iby’imyaka 30 ishize. Iyi ntsinzi ni ikimenyetso cy’icyizere Abanyarwanda bafite muri Perezida Kagame ndetse n’ubushake bwe bwo gukomeza kuduteza imbere. Nk’umuturage w’u Rwanda, ntewe ishema n’uburyo Perezida Kagame akomeje kuyobora igihugu mu buryo budasanzwe. Muri iyi nyandiko, […]

Continue Reading

Nyagatare: Umusore wishwe aciwe umutwe

Umusore w’imyaka 19 wakoreraga ubucuruzi buciriritse mu Murenge wa Musheri, Akarere ka Nyagatare, yishwe aciwe umutwe n’abagizi ba nabi. Nyuma y’uru rupfu, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwahise rufata abantu babiri bakekwaho uruhare mu rupfu rwe. Uyu musore wacururizaga mu gasantere kazwi nka Gatandatu, yishwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki […]

Continue Reading

Perezida wa UAE yashimiye Kagame ku ntsinzi yegukanye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, yahamagaye Perezida Paul Kagame kuri telefone amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, aherutse kwegukana. Ni intsinzi Perezida Kagame yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 14-15 Nyakanga 2024, atsindira ku majwi 99.18%, atsinze Dr. […]

Continue Reading

Donald Trump agiye kongera gusubira aho yarasiwe

Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uri kongera kwiyamamariza gutorerwa kuyiyobora mu matora azaba mu Gushyingo, yatangaje ko agiye kongera kwiyamamariza muri Pennsylvania nyuma y’uko aharasiwe tariki ya 13 Nyakanga 2024. Trump nyuma y’igihe gito arasiwe muri Leta ya Pennsylvania n’umusore w’imyaka 20 y’amavuko agakomereka, kuri uyu wa 27 Nyakanga […]

Continue Reading

Uwahanuye urupfu rwa Elizabeth II bikaba impamo yanavuze n’igihe Umwami Charles III azapfira

Amezi make mbere y’uko uwari Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II apfa, hari umwe mu bakoresha internet wanditse kuri Twitter itariki azapfiraho kandi biba impamo. Uyu mugabo, Logan Smith, yari yatangaje ko Elizabeth II azapfa tariki ya 8 Nzeri 2022, kandi koko niko byagenze. Yanavuze ko Umwami Charles III urwaye kanseri azapfa mu 2026. Logan Smith […]

Continue Reading

Trump avuga ko gutsinda kwa Kamala Harris bizateza intambara ya Gatatu y’Isi

Donald Trump yavuze ko Kamala Harris bashobora guhatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu aramutse atsinze byaganisha ku Ntambara ya Gatatu y’Isi. Ni ingingo Trump yagarutseho ku wa Gatanu tariki ya 26 Nyakanga 2024, mu biganiro byamuhuje na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu. Trump yavuze ko aramutse atorewe kongera kuyobora Amerika, intambara ya Israel na Hamas yarangira […]

Continue Reading

Umuhanzikazi Valentine wamamaye nka Dorimbogo yitabye Imana

Umuhanzikazi Valentine wamamaye nka Dorimbogo, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yavutse kandi akurira mu Karere ka Nyamasheke, akaba umwana wa nyuma mu muryango w’abana batatu. Yaje mu mujyi azanye intego yo guteza imbere impano ye. Yahimbye indirimbo “Kabeho Ngoma” ihimbaza umukuru w’igihugu ku bw’imiyoborere myiza. Valentine Nyiransengiyumva yamamaye kubera urukundo rwe ku […]

Continue Reading

Indwara y’Ubushita bw’Inkende yagaragaye ku bantu babiri mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende, izwi nka Monkeypox cyangwa mpox, yamaze kugera mu Rwanda nyuma yo kugaragara ku bantu babiri. Aba bantu bagaragayeho iyi ndwara bari bamaze iminsi bakorera ingendo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho icyo cyorezo kimaze iminsi gica ibintu. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara z’Ibyorezo […]

Continue Reading

Abanyeshuri Basibiye Bashyiriweho Andi Mahirwe Azatuma Bimuka

Mu karere ka Kayonza, abanyeshuri basibiye mu mashuri abanza bashyiriweho gahunda yihariye yo kuzamura ubushobozi yabo mu masomo atatu y’ingenzi: Icyongereza, Ikinyarwanda, n’Imibare. Iyi gahunda izaba muri ibi biruhuko, ikazafasha abana gukora ibizamini, ababitsinze bakimuka mu mwaka ukurikiraho. Gahunda yashyizweho na Leta, igamije gufasha abana batsinzwe ayo masomo atatu. Byagaragaye ko abenshi mu bana batsindwa […]

Continue Reading