Sobanukirwa n’indahiro y’Umukuru w’Igihugu n’ibirango ahabwa

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda, bategerezanyije amatsiko menshi, itariki ya 11 Kanama 2024, umunsi Perezida Paul Kagame azarahirira kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere. Ni umunsi udasanzwe muri politiki y’Igihugu, kuko ni bwo uwatowe n’abaturage aba agiye kubasezeranya ko azarinda Itegeko Nshinga, azaharanira icyabagirira akamaro cyose, akarinda ubusugire bw’Igihugu, agakorana umurava inshingano […]

Continue Reading

Umwana w’imyaka 16 ari mu munyenga w’urukundo n’umukobwa w’imyaka 26

Umukobwa witwa Keyanna Beverly w’imyaka 26 y’amavuko, yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze amafoto ari kumwe n’umuhanzi w’injyana ya Hip Hop, Lil Woad, w’imyaka 16 y’amavuko, bivugwa ko bari mu rukundo. Aba bombi batuye mu Mujyi wa Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho gukundana ku myaka 16 byemewe n’amategeko. Inkuru […]

Continue Reading

Abantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu

Mu Mudugudu wa Murambo, Akagari ka Marembo, mu Murenge wa Cyungo ho mu Karere ka Rulindo, abantu bataramenyekana bibye ibendera ry’Igihugu ku kigo cy’amashuri cya Ecole Primaire Murambo mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 02 Kanama 2024. Kuva ubwo, ubuyobozi bufatanyije n’abaturage bakomeje gushakisha iryo bendera ariko kugeza ku wa […]

Continue Reading

Byagenze bite ngo Twagirayezu ahamwe n’icyaha cya Jenoside yari yagizweho umwere?

Urukiko rw’Ubujurire ruherutse guhamya Twagirayezu Wenceslas woherejwe mu Rwanda avuye muri Denmark icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa igifungo cy’imyaka 20. Ni nyuma y’uko Urukiko Rukuru urugereko ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka ruherereye i Nyanza rwari rwamugize umwere kuri icyo cyaha, ruvuga ko Ubushinjacyaha butabashije kugaragaza ibimenyetso by’uko ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yabaga Twagirayezu yari […]

Continue Reading

Rulindo: Pasiteri yafatiwe mu rugo rw’umugore w’abandi

Umugabo witwa Niyibigaba Pie Davide, umukozi w’Imana uzwi mu Itorero, yafashwe ari mu rugo rw’umugore witwa Kamugisha Clementine mu kagari ka Bubangu, mu murenge wa Murambiho, akarere ka Rulindo. Bivugwa ko uyu mupasiteri yafashwe asambana n’uwo mugore, bikaba byarateye urunturuntu mu baturage. Inkuru ivuga ko Niyibigaba yaje kurara muri uru rugo nyuma yo kubeshya umugore […]

Continue Reading

FPR Inkotanyi yujuje i Huye ingoro yatwaye asaga miliyari 1,5 Frw (AMAFOTO)

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Huye bari mu byishimo nyuma yo kwiyubakira ingoro nshya yatwaye asaga miliyari 1.5 Frw, yavuye mu misanzu yabo. Iyi nyubako ije gukemura ibibazo byari bimaze igihe byo gukorera ahantu hadakwiye, kandi initezweho gutanga umusanzu mu bucuruzi n’iterambere ry’akarere. Mu bihe byashize, FPR Inkotanyi mu Karere ka Huye yakoreraga […]

Continue Reading

RIB yataye muri yombi umugabo wishe mugenzi we amuteye icyuma nyuma yo kumubwira ko asanzwe aryamana n’umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugabo witwa Muhirwa, uri mu kigero cy’imyaka 37, nyuma yo gutera icyuma Ahorwabaye Emmanuel w’imyaka 53, bapfa amakimbirane yatewe no kumubwira ko umugore babana mu buryo butemewe n’amategeko ajya aryamana n’abandi bagabo. Amakuru aturuka mu Karere ka Gicumbi avuga ko intandaro y’uyu mubano mubi yatangiye ubwo Muhirwa yabwiraga […]

Continue Reading

Aba-Perezida babiri bakomeye baganiriye ku kibazo cya RDC

Perezida w’Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagiriye uruzinduko muri Angola aho yagiranye ibiganiro na Perezida w’icyo gihugu, João Lourenço, bigamije gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ramaphosa yageze i Luanda kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Kanama 2024, aho yahuye na mugenzi we Perezida Lourenço mu rwego […]

Continue Reading

Umwana w’imyaka 10 wasambanyijwe na nyirarume akamutera inda yabyaye abazwe

Inkuru y’umwana w’imyaka 10 wasambanyijwe na nyirarume ikomeje gutera agahinda mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko uyu mwana yibarutse abazwe nyuma y’amezi icyenda asamye, gusa uruhinja yibarutse rwitabye Imana nyuma y’iminsi umunani ruvutse. Njeri Wa Migwi, uharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya, ni we watangaje iyi nkuru ibabaje ku wa Mbere tariki ya 5 Kanama […]

Continue Reading

Facebook yashyize u Rwanda mu bihugu byemerewe kwinjiza amafaranga binyuze mu mashusho magufi

Facebook yatangaje ko ubu abarukoresha mu bihugu bimwe bya Afurika, harimo n’u Rwanda, bashobora kwinjiza amafaranga binyuze mu kwamamaza mu mashusho magufi ‘short-form videos’ batangariza kuri urwo rubuga. Uburyo Bwo Kwinjiza Amafaranga Abakoresha Facebook bazajya binjiza amafaranga mu buryo bubiri: In-stream Ads: Amashusho y’ubutumwa bwamamaza azajya anyuzwa mbere ya video nyirizina, hagati muri yo, cyangwa […]

Continue Reading

Abanya-Sudani basaba ubuhungiro mu Rwanda bakomeje kwiyongera

Abanya-Sudani bakomeje guhungira mu Rwanda kubera intambara ihanganishije ingabo za Leta, Sudanese Armed Forces, n’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) kuva muri Mata 2023. Iyo ntambara imaze guhitana abarenga 15,500, ikaba yarateye ubwiyongere bw’abahunga igihugu cyabo. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) ryerekana ko muri 2024 gusa, abanya-Sudani basaga 718 bamaze gusaba ubuhungiro mu […]

Continue Reading