Sobanukirwa n’indahiro y’Umukuru w’Igihugu n’ibirango ahabwa
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda, bategerezanyije amatsiko menshi, itariki ya 11 Kanama 2024, umunsi Perezida Paul Kagame azarahirira kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere. Ni umunsi udasanzwe muri politiki y’Igihugu, kuko ni bwo uwatowe n’abaturage aba agiye kubasezeranya ko azarinda Itegeko Nshinga, azaharanira icyabagirira akamaro cyose, akarinda ubusugire bw’Igihugu, agakorana umurava inshingano […]
Continue Reading
