Abantu 11 bamaze igihe bafungiwe kwica umurinzi wa Perezida Tshisekedi
Urwego rw’Iperereza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) rumaze amezi ane rufunze abantu 11 bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umurinzi wa Perezida Felix Tshisekedi. Uwo musirikare, witwaga Joseph, yapfuye mu buryo butunguranye muri Mata 2024, aho umurambo we wagaragaye hafi y’ibiro by’urwego rushinzwe ingufu z’amashanyarazi i Kinshasa. Umuryango Nyafurika uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu, ASADHO, watabarije […]
Continue Reading
