Mpayimana yahishuye impamvu ari ’Umukandida w’amafi’
Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Mpayimana Philippe, yasezeranyije abaturage bo mu Ntara y’Iburengerazuba ko naramuka atorewe kuyobora Igihugu azashyiraho umushahara ku bayobozi b’imidugudu no kongera umusaruro w’amafi mu gihugu. Yavuze ko azafasha kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda bari mu mahanga no kuzahuza Minisiteri zimwe na zimwe. Yateguye kandi gahunda yo kuvugurura Ambasade z’u Rwanda kugira ngo […]
Continue Reading
