Kagame Yasobanuye Ukuntu Yahagaritse Kujya i Luanda mu biganiro na Tshisekedi ku Munota wa Nyuma

Perezida Kagame yaganiraga n’abanyamakuru kuri iki gicamunsi, aho bari bamubajije uko atekereza ahazaza h’ibiganiro bigamije gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa Kongo. Kuwa 15 Ukuboza umwaka ushize, ni bwo hari hateganyijwe inama yari itegerejwe cyane, ariko ku munota wa nyuma, Perezida Felix Tshisekedi wa Kongo aba ari we ugaragara i Luanda. Ibiro bya Tshisekedi byavuze ko […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku mpinduka ziba muri Guverinoma

Perezida Paul Kagame yavuze ko impinduka muri Guverinoma zitaraba kuko zihera ku bintu byinshi, ariko byose biba bigamije kurushaho gukorera Abanyarwanda. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mutarama 2025. Ubwo umunyamakuru yabazaga ibijyanye n’impinduka ziri kuba muri Guverinoma nta gihe kinini gishize, yasobanuye ko […]

Continue Reading

Rusizi: Abaturage baratabariza umwana w’imyaka 11 uhohoterwa na nyina

Abaturage bo mu Kagari ka Karangiro, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, baratabariza Hafashimana Nelson w’imyaka 11, uhohoterwa na nyina umubyara, ukora uburaya witwa Nyirabuntu Aline w’imyaka 28, akaba amaze amezi 2 yaramutorongeje. Umwe mu baturage b’Umudugudu wa Kabayego, Akagari ka Karangiro uwo mwana na nyina batuyemo, yabwiye Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru ko nyina […]

Continue Reading

Umujyi wa Kigali ugiye kubaka amazu maremare yo guparikwamo imodoka gusa

Mu rugamba rwo gukemura ikibazo cy’amamodoka abura aho aparika, Umujyi wa Kigali watangaje gahunda yo kubaka amazu meremare ageretse yagenewe guparikwamo imodoka gusa. Ibi bikaba biri mu rwego rwo gushaka ibisubizo birambye ku kibazo cya parikingi gikomeje kwiyongera mu murwa mukuru. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yatangaje ko ibi bizakorwa binyuze mu kubaka […]

Continue Reading

Abantu barenga ibihumbi 100 bamaze guhunga imirwano yabereye muri Masisi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA), ryatangaje ko kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 3 Mutarama 2025, abantu ibihumbi 102 bavuye mu ngo zabo muri teritwari ya Masisi bitewe n’imirwano y’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23. OCHA yagize iti “Hagati ya tariki ya 1 n’iya 3 […]

Continue Reading

Moto nazo zigiye kujya zinyura muri contrôle technique

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje gahunda nshya yo kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga (contrôle technique), harimo n’izo mu bwoko bwa moto. Iyi gahunda igamije kugabanya imyuka yangiza ikirere isohorwa n’ibinyabiziga. Ni umushinga ushyigikiwe n’ingamba zo guhagarika moto nshya zikoresha ibikomoka kuri peteroli mu bikorwa by’ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali, icyemezo cyatangiye kubahirizwa ku wa 1 Mutarama 2025. Mu 2022, […]

Continue Reading

Umugabo wafunzwe azira gutuka Imana yarekuwe

Mubarak Bala, Umunya-Nigeria uzwi cyane kandi utemera Imana, yafunguwe nyuma yo kumara imyaka ine muri gereza azira gutuka Imana ku rubuga rwa Facebook mu mwaka wa 2020. Nyuma yo gufungurwa, ubuzima bwe bwibasiwe n’impungenge z’umutekano we, bigatuma atuye mu nzu y’ibanga. Mubarak, w’imyaka 40, yari yarakatiwe gufungwa imyaka 24 mu mwaka wa 2020 nyuma yo […]

Continue Reading

Mu mugi wa Kigali hagiye kwifashishwa satellite mu kugenzura abubaka binyuranyije n’amategeko

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangajwe ko hagiye kwitabazwa icyogajuru mu kugenzura abantu bubaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel yabwiye Abadepite ko bitarenze ukwezi kwa Mutarama 2025, iryo koranabuhanga rizaba ryamaze gushyirwaho. Yagize ati: “Tugiye gushyiraho uburyo bw’ikoranabuhanga tugiye kujya dukoresha mu minsi iri imbere dufatanyije n’ikigo cy’Ikoranabuhanga gishinzwe Isanzure,tukajya tubasha […]

Continue Reading

Nyuma y’uko abantu bafite indwara y’ibicurane muri ibi bihe RBC yavuze ko Nta bwoko bushya bw’ibicurane bwagaragaye mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko mu Rwanda nta bwoko bushya bw’ibicurane buhagaragara, ni nyuma y’uko muri ibi bihe abantu bafite indwara y’ibicurane. Icyo kigo gikomeza gisobanura ko mu bihe nk’ibi by’umwaka, hagaragara cyane indwara y’ibicurane. Ibipimo bigaragaza ko virusi itera ibicurane yo mu bwoko bwa “Influenza A” ari yo yiganje. Ni indwara iterwa na […]

Continue Reading

Minisitiri w’Ibikorwa remezo yavuze ko Abamotari basanzwe mu kazi ntibarebwa no guhagarika moto zidakoresha amashanyarazi

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Dr Jimmy Gasore yamaze impugenge abavuga ko icyemezo cyo guhagarika moto zidakoresha amasharanyarazi mu Mujyi wa Kigali, kizateza ibibazo kuri gahunda yo gutwara abantu n’ibintu, ahubwo ko abamotari basanzwe mu kazi kitabareba kimwe n’abandi bantu basanzwe bagenda kuri moto zabo . Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Mutara 2025, ubwo […]

Continue Reading