U Rwanda rugiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda rugenda rutera imbere ku muvuduko ushimishije, aho ubu igihugu gifite ibigo nderabuzima birenga 500 n’ibitaro bisaga 50. Ubu noneho hagiye gutangizwa ibindi bitaro 10 bya Kaminuza hirya no hino mu Ntara. Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na RBA, aho yasobanuye ko ubuvuzi mu […]
Continue Reading
