Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC na SADC ku mutekano muri RDC
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Iterambere ry’Afurika y’Amajyepfo (SADC) Ni inama yabaye kuri wa Gatatu tariki ya 13 Kanama 2025, ku buryo bw’ikoranabuhanga, kugira ngo basuzume intambwe imaze guterwa mu bikorwa byo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]
Continue Reading
