Ibyo wamenya ku ndirimbo ya Bruce Melodie na Diamond

Bruce Melodie na Diamond Platnumz bageze kure umushinga w’indirimbo ‘Pom Pom’ aba bombi bazahuriramo, aho by’umwihariko ibikorwa byo gufata amashusho yayo byagizwemo uruhare n’Umunya-Uganda, Sacha Vybz. Ikinyamakuru ‘Big Eye’ cyo muri Uganda kivuga ko Sacha Vybz amaze iminsi atunganya amashusho y’iyi ndirimbo ya Bruce Melodie na Diamond, izasohoka mu minsi iri imbere. Sacha Vybz yavuze […]

Continue Reading

Why SIBOMANA Emmanuel, A Visionary Recording Artist, deserves a Seat at the Global Music Table: Bringing East African Music to the Global Stage

In the shadows of hardship, where silence can feel louder than screams, a young man named SIBOMANA Emmanuel sat quietly at a piano he could barely afford  not seeking fame, but healing. What he built in those quiet moments was not just music  it was history in the making. Today, he stands among Rwanda’s most-followed […]

Continue Reading

Imbere ya Perezida Kagame, John Legend yataramiye Abanyarwanda

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Gashyantare 2025, umuhanzi w’icyamamare John Legend yataramiye Abanyarwanda mu gitaramo cya Move Afrika cyabereye muri BK Arena, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi bagize umuryango we. Iki gitaramo cyateguwe n’Umuryango mpuzamahanga uvuganira abaturage no kurandura ubukene, Global Citizen, ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere […]

Continue Reading

John Legend yageze i Kigali

Umuhanzi w’icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John Legend, yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Gashyantare 2025. Yari aherekejwe n’umugore we, Chrissy Teigen, uzwi nk’umunyamideli n’umwanditsi. John Legend aje mu Rwanda nk’umuhanzi mukuru uzaririmba mu gitaramo cya ‘Move Afrika’ giteganyijwe kubera muri BK Arena. Iki gitaramo giteganyijwe kuri […]

Continue Reading

St valent isize umuhanzi Safi Madiba yongeye gusubira mu rukundo

  Umuhanzi Safi Madiba yongeye gusubira mu rukundo nyuma y’imyaka ibiri atandukanye n’umugore we Niyonizera Judith. Kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025 , umunsi wahariwe abakundana (Saint Valentin), nibwo Safi nawe yagaragaje ibihe byiza yagiranye n’uwitwa Uwase Gisele. Yifashishije amashusho n’amafoto yasangije abamukurikira kuri Instagram, yerekanye ibihe byiza yagiranye na Gisele nawe usanzwe utuye muri […]

Continue Reading

Utubari, Amahoteli n’ahabera imyidagaduro byemerewe gukora bigakesha

Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahotel utubari, utubyiniro na za resitora, hongerewe amasaha yo gukora nijoro. Ibikorwa birimo amahoteli, utubari, resitora n’utubyiniro byemerewe gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, naho kuva ku wa Gatanu kugera […]

Continue Reading

Patrick Gihana agiye kumurika igitabo cye yise”Humura mwana”

  Nyuma yo kumenyekana mu ruhando rwa muzika, Umuhanzi Patrick Gihana yamaze kwinjira mu rwego rw’ abanditsi, aho mu mins itarambiranye agiye kumurika igitabo gikozwe mu buryo bw’ inkuru ishushanyije yise”Humura Mwana”. Mu kiganiro n’ ikinyamakuru  RWANDANEWS24, uyu muhanzi avuga ati”  Nyuma yo kwandika igitabo “Humura Mwana” nk’ inkuru yigisha cyane cyane ABANA amateka mabi […]

Continue Reading

Yago yahunze biturutse ku gatsiko kashatse kumwica

Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane nka Yago yatangaje ko yahunze biturutse ku gatsiko kashatse kumwica mu myaka Ine ishize nkuko yabigarutseho ku rubuga rwe rwa X. Nubwo yatangaje ko yahunze kandi agahungira mu gihugu cya Uganda, yaciye amarenga ko atahunze kubera kwanga u Rwanda ahubwo ko ari abantu ku giti cyabo babiteye. Ati: “Rwanda nkunda, nkuhunze ntakwanga ahubwo […]

Continue Reading

Intambara y’amagambo yongeye kubura hagati ya Papa Cyangwe na Rocky Kimomo

Umuhanzi Papa Cyangwe yongeye kurakara bikomeye nyuma y’uko Rocky Kimomo asibye indirimbo zose bakoze bakirikumwe. Papa Cyangwe na Rocky Kimomo bakoranye igihe kinini mbere y’uko batandukana, Papa Cyangwe agatangira kwikorana mu muziki. Igihe gito nyuma yo gutandukana kwabo, hahoraga intambara y’amagambo hagati yabo. Papa Cyangwe yari amaze iminsi mu gahinda ko kwibwa shene ye ya […]

Continue Reading

Imvamutima za Musengimana wahimbye ‘Azabatsinda’ nyuma yo gusuhuza Perezida Kagame

Musengimana Beatha, wakoze indirimbo ‘Azabatsinda’, akomeje kugaragaza ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gukabya inzozi ze zo kuririmbira imbere ya Perezida Kagame, ndetse akabasha kumuramutsa. Musengimana yavuze ko guhura na Perezida Kagame bwa mbere no kumukora mu biganza ari ibintu byamuhesheje ibyishimo atigeze agira mu buzima bwe bwose. Ati: “Nyuma yo gukora indirimbo ‘Azabatsinda’, inzozi zanjye zari […]

Continue Reading