Jari na Rebero hagiye guterwaho ibiti bisaga miliyoni

Hagamijwe gukaza ingamba zo kwirinda isuri no kongera umwuka mwiza mu mu mujyi wa Kigali, hagiye guterwa ibiti ku musozi wa Jali mu Karere ka Gasabo, uwa Kigali mu Karere ka Nyarugenge n’uwa Rebero mu Karere ka Kicukiro. Kubera ibikorwa bitandukanye birimo n’iby’ubwubatsi byagiye byigarurira imyanya yakabayemo amashyamba kuri iyi misozi, byongereye ibyago by’ibiza. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Uvira: Nyuma yo gusubiranamo hagati ya FARDC na Wazalendo, bikanze imirindi ya M23 bariyunga

Ituze ryagarutse ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo nyuma y’imirwano yabaye ku cyumweru yiciwemo abantu 12, abasivile n’abasirikare, nk’uko bivugwa na Radio Okapi. Iyo mirwano yabaye hagati y’abasirikare ba leta, FARDC n’itsinda ry’abarwanyi bazwi nka Wazalendo. Ku cyumweru, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amafoto yafashwe n’umwe mu ngabo za leta […]

Continue Reading

Abahoze muri FDLR bamennye amabanga y’abo basizemo

Bamwe mu bahoze muri FDLR baherutse gutangaza ko umutwe wa FDLR nyuma y’ibikorwa by’iterambere wongeyeho ibikorwa by’ingengabitekerezo ya jenoside ndetse ukaba ukomeje kuyikwirakwiza hirya no hino. Hashize imyaka ikabakaba 30 Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR w’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ushinzwe. Ni umutwe wubakiye ku ngengabitekerezo ya Jenoside. Ibi bishingira ku bitero wagiye ugaba […]

Continue Reading

Ntibyifashe neza mu ruganda Landy Industries (R)Ltd, ruswa n’umutekano muke mu bakozi biravuza ubuhuha

Mu ruganda rukora inkweto rwitwa Landy Industries (R) LTD haravugwamo ibibazo bya ruswa, kudahemba abakozi uko bikwiye ndetse no kunyereza imisoro n’amafaranga y’ubwiteganyirize bw’abakozi. Ni mu gihe ubuyobozi bw’uru ruganda bimwe muri ibi bibazo rurabihakana ibindi rukemera ko Bihari.  Umunyamakuru wa Rwandanews24 yamaze ibyumweru 3 ku marembo y’iki kigo asaba akazi ndetse aza kugahabwa akoramo […]

Continue Reading

RDC: Minisitiri Kayikwamba yakubise igihwereye imbere ya Arsenal FC

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) Therese Kayikwamba Wagner, yasuzuguwe bikomeye n’Ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal. Ni muri gahunda iki gihugu cyafashe yo kujya kuganira n’iyi kipe ngo ihagarike amasezerano ifitanye n’igihugu cy’u Rwanda yiswe Visit Rwanda. Ubwo yari I Londre mu mpera z’icyumweru gishize, Thérèse Kayikwamba Wagner, kugira ngo agaragaze […]

Continue Reading

St valent isize umuhanzi Safi Madiba yongeye gusubira mu rukundo

  Umuhanzi Safi Madiba yongeye gusubira mu rukundo nyuma y’imyaka ibiri atandukanye n’umugore we Niyonizera Judith. Kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025 , umunsi wahariwe abakundana (Saint Valentin), nibwo Safi nawe yagaragaje ibihe byiza yagiranye n’uwitwa Uwase Gisele. Yifashishije amashusho n’amafoto yasangije abamukurikira kuri Instagram, yerekanye ibihe byiza yagiranye na Gisele nawe usanzwe utuye muri […]

Continue Reading

M23 yasabye abatuye i Bukavu kwitorera abayobozi

Umutwe wa M23 wasohoye itangazo usaba abaturage b’umujyi wa Bukavu gushyiraho “abantu b’inyangamugayo” ngo babayobore, nyuma y’uko uvuze ko “nyuma yo gutsindwa” ingabo za leta n’abafatanya na zo bahunze uyu mujyi. Gusaba abaturage kwishyiriraho ababategeka bitandukanye n’uko uyu mutwe wagiye ubikora mu bindi bice wafashe. Abarwanyi ba M23 baragenzura umujyi wa Bukavu kuva mu ijoro […]

Continue Reading

Impunzi z’Abanye Congo zamazwe impungenge

  Ihuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’uwitwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo urashishikariza impunzi z’Abanye-Congo bavuga ikinyarwanda bahungiye hirya no hino ku Isi kugaruka mu gihugu cyabo kuko amahoro yagarutse. Byagarutsweho mu kiganiro ubuyobozi bwa AFC/M23 bwagiranye n’itangazamakuru ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, mu Mujyi wa Goma. […]

Continue Reading

Nangaa yateguje ab’i Kinshasa ko AFC/M23 izashyirwa ibagezeho

  Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa. Nangaa yabibwiye abanyamakuru barimo n’abaturutse mu Rwanda bari i Goma baje kumva icyo M23 izakora nyuma yo gufata uyu mujyi. Yagize ati: “ Ubu turi muri Goma kugira ngo tuhagume kandi […]

Continue Reading

AU yashyize u Rwanda mu bihugu biza ku isonga mu koroshya urujya n’uruza ku Banyafurika

  Icyegeranyo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishyira u Rwanda mu bihugu biza ku isonga mu koroshya urujya n’uruza ku Banyafurika, gutangira ku gihe umusanzu no kwemeza byihuse amasezerano aba yashyizweho umukono n’uyu muryango. Tajan Ibrahim ukomoka muri Nigeria, avuga ko yakozwe ku mutima ubwo yari ageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Kanombe avanyemo Amadorari […]

Continue Reading