Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana na Erik ten Hag

Inama y’ubuyobozi ya Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana Umutoza Erik ten Hag ndetse hagiye gukurikiraho ibiganiro byo kumwongerera amasezerano dore ko asigaje umwaka umwe gusa. Mbere y’umukino wa nyuma wa FA Cup wabaye ku wa 25 Gicurasi, hari amakuru yavugaga ko Manchester United itazakomezanya na Erik ten Hag hatitawe ku cyari kuwuvamo. Nyuma yo […]

Continue Reading

“Miliyari ibihumbi 400 agiye gushyirwa mu gisirikare cya DR Congo harangizwe ikibazo cy’umutekano.” Judith Suminwa

Minisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari yayo y’imyaka itanu mu kongerera ingufu igisirikare na polisi kugira ngo bibashe kugarura amahoro cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu. Mu muhango wo kwemeza guverinoma nshya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kabiri, Judith Suminwa yagaragaje gahunda y’imyaka itanu y’iyi […]

Continue Reading

Minisitiri Kabombo ashaka komeka u Rwanda kuri DR Congo

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho. Ni amagambo Kabombo yashyize ku rukuta rwe rwa X, ayakurikiza amashusho agaragaza Perezida Tshisekedi n’abandi basirikare barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Christian Tshiwewe, […]

Continue Reading

Fra’s fusion of art, sustainability the dawn of new era in streetwear fashion?

WearFragile, a skateboarding brand born from a deep passion for art and sustainability, started with a vision to blend these elements into a distinctive community brand. Widely recognized within Rwanda’s hip-hop scene, WearFragile—often simply called ‘Fra’—was founded by Chris Manzi, Arsene Butare, and Davy Iyamuremye. Their ambition includes creating a private skatepark to serve as […]

Continue Reading

Visi Perezida wa Malawi n’abagenzi bose bari kumwe mu ndege bapfuye

Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yavuze ko Visi Perezida Saulos Chilima n’abagenzi bose bari bari kumwe mu ndege ya gisirikare yari yabuze kuva ku wa mbere “bapfuye ikikubita hasi”. Yavuze ko ibisigazwa by’iyo ndege byasanzwe hafi y’umusozi “byashwanyaguritse burundu”, nta warokotse. Visi Perezida Saulos Chilima n’abandi bantu icyenda bari bari mu ndege mu gitondo cyo […]

Continue Reading

Imyitwarire mishya iranga umuntu utangiye gutunga amafaranga menshi

Kugira amafaranga ntibituruka ku mahirwe ubuzima butanga gusa, ahubwo ni n’amahitamo ugira, imyitwarire yawe ndetse n’icyo ushaka kugeraho. Uko imyaka y’amavuko yiyongera, ibidutwara amafaranga birahinduka, bikava ku gusesagura bikaba gushora ahafite inyungu ndetse usanga abenshi imyitwarire yabo ihinduka. Abarushaho kugira amafaranga uko imyaka yiyongera, batangira kugira indi myitwarire iganisha ku kugira iterambere, ibitekerezo byagutse no […]

Continue Reading

RIB ivuze kuri Ish Kevin, Babu, DJ Brianne na Djihad

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwashyize umucyo ku kibazo cya DJ Brianne na Djihad ruherutse gutangaza ko ruri gukoraho iperereza ndetse runavuga kuri Rugemana Amen wamamaye nka Babu ukora kuri Isibo TV, akaba aherutse gutabwa muri yombi. Ubwo yari abajijwe ku byatangajwe ko bari gukora iperereza kuri DJ Brianne na Djihad, Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi […]

Continue Reading

A competition is organized for real knowledge on the nature of rivers in Rwanda

In collaboration with the environmental protection organization, the African Ecosystem and Community Development (ARCOS), and the Rwanda Water Resources Agency (RWB) they organized a competition to express the true nature of water resources—one of the rivers of Rwanda. It will be done to have needed information that will help maintain it properly and avoid dangers […]

Continue Reading

Urukiko rwatesheje agaciro cyamunara y’umutungo wa Rwigara

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge I Kigali mu Rwanda rwatesheje agaciro cyamunara yakozwe ku mutungo wo kwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Umucamanza yavuze ko umuhesha w’inkiko wateje mu cyamunara inyubako yo kwa Rwigara yagaragajemo inenge zituma iteshwa agaciro. Ni icyemezo umucamanza yafashe nta muburanyi n’umwe uri mu cyumba cy’urukiko. Uyu mucamanza mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge yavuze […]

Continue Reading