Amavuriro yose azagezwamo ikoranabuhanga rya ‘E-Ubuzima’ bitarenze 2025
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ikomeje gushyira imbaraga mu kwikaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga ndetse uyu mwaka uzarangira amavuriro yose agejejwemo ikoranabuhanga rya E-Ubuzima rizafasha mu kwihutisha itangwa rya serivisi. Mu gihe u Rwanda rwakiriye inama Nyafurika yiga ku ikoranabuhanga ryifashishwa mu Buvuzi, Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko u Rwanda rufite gahunda yo kunoza […]
Continue Reading
