Rutsiro: Batatu bagiye kwiba amabuye y’agaciro babura umwuka barapfa

Abaturage batatu bo mu Karere ka Rutsiro bagiye kwiba amabuye y’agaciro ahantu yacukurwaga ariko hamaze amezi abiri hafunzwe, babura umwuka bahumeka barapfa. Byabereye mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Kagano ho mu Mudugudu wa Kazizi, mu ijoro rishyira ku Cyumweru tariki 19 Ukwakira 2025. Amakuru IGIHE dukesha iyi nkuru yamenye ni uko abashinzwe umutekano ba […]

Continue Reading

Leta irateganya miliyari 11 Frw mu kubahiriza uburigangire; dore uko azakoreshwa

U Rwanda ruri mu bihugu byashyize imbaraga ryo kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu kwimakaza iterambere ry’igihugu ritagira uwo ruheza. Mu 1995, u Rwanda rwashyize umukono ku masezerano agamije guteza imbere uburenganzira bw’abagore yasinyiwe i Beijing mu Bushinwa, kuva ubwo kugeza uyu munsi umugore ni inkinga ya mwamba mu iterambere ryarwo. Raporo y’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa […]

Continue Reading

Rutsiro: Imbwa z’agasozi zavuye muri pariki zariye intama 2 z’umuturage

Nzayisenga Valens wo mu Kagari ka Mwendo, Umurenge wa Mukura mu Karere ka Rutsiro, arataka igihombo nyuma y’uko imbwa z’agasozi bikekwa ko zaturutse muri Pariki y’Igihugu ya Gishwati- Mukura, igice cya Mukura, zimuririye intama ebyiri yoroye agamije kwiteza imbere. Uyu muturage uturiye Pariki ya Gishati Mukura igice cya Mukura, avuga ko yari yaziritse intama hafi […]

Continue Reading

Musanze: Umwana w’imyaka 8 yapfiriye mu mugezi yakiniragamo

Ababyeyi ba Iradukunda Jacques w’imyaka umunani y’amavuko bari mu gahinda gakomeye ko kubura uyu mwana wabo waguye mu mugezi wa Rwabeya mu Mudugudu wa Mubuga, Akabari ka Rwebeya mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, bikarangira ahasize ubuzima. Iyo mpanuka yabaye ku wa Gatandatu tariki ya 18 Ukwakira ubwo uwo mwana yarimo akinira na bagenzi […]

Continue Reading

Umukobwa w’i Karongi yakuriyemo inda ku bitaro, umwana amuta mu ndobo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi yataye muri yombi umukobwa w’imyaka 21 nyuma yo gukuriramo inda mu bwiherero bw’Ikigo Nderabuzima cya Kibuye, agata umwana mu ndobo ishyirwamo amazi akoreshwa muri ubwo bwiherero. Uyu mukobwa wari usanzwe uba i Kigali, avuka mu Murenge wa Bwishyura. Nyuma yo gusubira iwabo, ku wa 16 Ukwakira 2025, […]

Continue Reading

U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga y’abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka

U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga y’Abagaba b’Ingabo zirwanira ku butaka, yateguwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) izaba iba ku nshuro ya kabiri. Iyi nama izabera i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 22 Ukwakira 2025, ifite insanganyamatsiko igaruka ku “gukoresha ubushobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka mu kuzamura ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba z’amahoro n’umutekano.” […]

Continue Reading

Rutsiro: Hegitari zirenga 35 zangijwe n’imvura ivanzemo urubura

Imvura ivanze n’urubura rwinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa 17 Ukwakira 2025 yangije imyaka yiganjemo ibigori ihinze mu Midugudu ya Kamishishi, Mucaca, Rukondo na Bitura, Akagari ka Kageyo, Umurenge wa Mukura, Akarere ka Rutsiro. Amasambu abarurwa kuri hegitari zirenga 35 yari yuzuye urubura, hakaba hari imyaka yangiritse burundu ku buryo bisaba gutera indi bushyashya. […]

Continue Reading

Ramaphosa yaburiye Tshisekedi ko kwica Kabila bishobora gutuma ahirikwa ku butegetsi

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Sunday Times, Ramaphosa yabwiye Perezida Félix Tshisekedi ko gushyira mu bikorwa igihano cy’urupfu cyahawe Kabila ari “ikosa rikomeye” rishobora no kugeza […]

Continue Reading

Muhanga: Arakekwaho kwica mukuru we, nawe agashaka kwiyahura

Dufatanyenimana Fabien w’imyaka 20 arashinjwa icyaha cyo kwica mukuru we witwaga Nshamihigo Gilbert w’imyaka 25, ndetse nawe akagerageza kwiyahura ariko ntibimuhire. Byabereye mu Kagari ka Kigarama, Umurenge wa Cyeza, ho mu Karere ka Muhanga, mu ijoro rishyira ku wa 18 Ukwakira 2025. Amakuru avuga ko uyu musore yishe mukuru we abanje kumutema amaguru, agakurikizaho amaboko […]

Continue Reading

Perezida Bassirou Diomaye Faye yahuye n’Abanya-Sénégal baba mu Rwanda

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, yahuye n’Abanya-Sénégal batuye mu Rwanda hamwe n’abayobora ibigo by’ubucuruzi byo muri icyo gihugu bihakorera. Ubutumwa bwashyizwe ku rubuga rwa X rwa Perezidansi ya Sénégal bugaragaza ko ibyo biganiro byabereye i Kigali ku mugoroba w’itariki 18 Ukwakira 2025. Ni ibiganiro byabaye nyuma y’uko […]

Continue Reading

Perezida wa Senegal ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 3

Perezida wa Repubulika ya Senegal Bassirou Diomaye Faye, yagezei Kigali mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rugamije kurushaho kwimakaza ubutwererane bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye. Ni uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yatumiwemo na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, rwahereye kuri uyu wa 17-19 Ukwakira, aho azakomereza i Nairobi muri Kenya. Uru ruzinduko ni rwo rwa […]

Continue Reading