Rutsiro: Ingo zirenga ibihumbi 11 zahawe amashanyarazi mu mezi icyenda
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko mu mezi icyenda ashize bumaze gucanira ingo ibihumbi 11 yo mu midugudu itagiraga umuriro w’amashanyarazi. Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kuba yamaze kugeza amashanyarazi ku baturage 100% bitarenze 2024, gusa iyo ntego ntabwo yagezweho bitewe n’impamvu zirimo icyorezo cya covid-19, hakiyongeraho no ku ba benshi mu baturage batari […]
Continue Reading
