Gusubiza ubuyobozi bwa leta mu bice byafashwe na M23 bikomeje guteza impaka

Inkuru yakiriwe neza n’abakurikirana ibibera mu biyaga bigari ni ugusinya impanzirizamushinga y’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta ya Congo Kinshasa n’umutwe wa M23/AFC, byabereye i Doha tariki 19 Nyakanga 2025, gusa leta ya Congo ivuga ko izasubiza ubutegetsi bwayo mu bice byafashwe n’inyeshyamba, uruhande rwa AFC/M23 rukavuga ko nta gusubira inyuma biri mu masezerano. Izo ni […]

Continue Reading

Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho gusambanya abana

Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda, Harrison Mutabazi yavuze ko dosiye y’umuyobozi w’ishuri ribanza ryo mu karere ka Rulindo, riri mu murenge wa Burega, ukekwaho gusambanya abana yoherejwe mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge. Uyu murezi ukekwaho iki cyaha, aburana afunzwe by’agateganyo. Kuva mu kwezi kwa Kamena 2025, umuyobozi w’ishuri ribanza rya Butangampundu riri mu murenge wa Burega, […]

Continue Reading

AFC/M23 yahagaritse igitero cya Wazalendo i Goma

Ihuriro AFC/M23 ryahagaritse igitero imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagabye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma. Mu ijoro ryo ku wa 21 rishyira uwa 22 Nyakanga 2025, abarwanyi ba Wazalendo bikekwa ko baturutse muri Pariki ya Virunga bagabye igitero mu gace ka Mugunga ndetse no muri gurupoma ya […]

Continue Reading

Kigali: Utubari 200 tutubahiriza amabwiriza twahanishijwe ibirimo gufungwa

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali basanze utubari 206 tutubahiriza amabwiriza agenga imikorere y’ubucuruzi bujyanye no kwakira abantu n’imyidagaduro tumwe dufungwa by’agateganyo abandi bacibwa ihazabu ijyanye n’amakosa bafatiwemo. Ubugenzuzi bwakorewe mu tubari 601 mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali, ku wa Gatandatu tariki ya 19 no ku Cyumweru tariki ya 20 Nyakanga […]

Continue Reading

Menya impamvu yateye Imvura yo mu Mpeshyi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko imvura yaguye mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga risanzwe rizenguruka Isi ryageze hejuru y’inyajya y’u Buhinde rikongera ubuhehere ari nabwo bwabyaye imvura n’ubukonje mu ntangiriro za Nyakanga. Meteo Rwanda yatangaje ibyo nyuma y’imvura yaguye n’ubukonje bwagaragaye mu ntangiriro za Nyakanga 2025, byatumye benshi bibaza icyabiteye kandi bitari […]

Continue Reading

Minisitiri Nduhungirehe yamaganye RDC yabeshye ku mpamvu yajyanye Dr. Biruta i Doha

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yagiye mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar gushyigikira Ihuriro AFC/M23. Minisitiri Biruta na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere wa RDC, Jacquemain Shabani Lukoo, ni bamwe mu bayobozi bari i Doha ubwo […]

Continue Reading

Rayon Sports yashyize hanze ibiciro bya Rayon Day

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gutegura ibirori by’Umunsi w’igikundiro (Rayon Day), yashyize hanze ibiciro byo kwinjira birimo aho itike ya menshi igura miliyoni 2 Frw naho iya make ikaba 3000 Frw. Ku wa 15 Kanama 2025, ni bwo hazaba umunsi ngarukamwaka wa “Rayon Day”, wo kugaragariza abafana uko umwaka utaha uteguwe. Uyu munsi urangwa n’ibirori […]

Continue Reading

Gen. Mubarakh yashimangiye umuhate w’u Rwanda mu guteza imbere amashuri ya gisirikare

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Mubarakh Muganga yemeje ko u Rwanda ruzakomeza kugira umuhate mu gukora n’ibindi bihugu bya Afurika mu rwego rwo gushimangira ubufatanye, guhuza integanyanyigisho no guteza imbere ikoranabuhanga mu mashuri ya gisirikare. Yabigarutseho ku wa 21 Nyakanga ubwo yatangizaga amahugurwa y’iminsi itatu ku bayobozi bakuru b’amashuri ya gisirikare muri Afurika, (Command […]

Continue Reading

Kwicara cyane bingana no kunywa itabi – Dr. Sabin Nsanzimana

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko kwicara cyane bingana no kunywa itabi kuko byongera ibyago byo kurwara indwara zitandukanye zirimo guturika k’udutsi duto tw’ubwonko, indwara z’umutima, n’izindi. Abinyujije ku rubuga rwa X, yavuze ko hari indwara zitizwa umurindi no kwicara cyane, ibishobora no guteza imfu. Yagaragaje ko kwicara cyane byongera ibyago byo kurwara indwara […]

Continue Reading

Hoteli Chateau Le Marara yahagaritswe

Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwahagaritse by’agateganyo ibikorwa bya bya Hoteli Chateau Le Marara nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe bikagaragara ko yakokoraga itabiherewe uburenganzira. Iyo hoteli iherereye mu Karere ka Karongi, ni imwe mu zavugishije abantu benshi ku Isi nyuma yo gufungurwa ku mugaragaro, kuko yubatswe mu buryo bwihariye kandi buteye amabengeza, ku nkengero […]

Continue Reading