Ni iki cyatumye Ndayishimiye adobya ibiganiro by’u Rwanda n’u Burundi

Muri Werurwe 2025, intumwa z’u Rwanda n’iz’u Burundi zikorera mu nzego z’umutekano n’ubutasi zahuye inshuro ebyiri, ziganira ku buryo zakwifatanya mu gukumira ibyahungabanya umutekano w’ibihugu byombi. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, icyo gihe yagaragaje ko muri ibi biganiro hari guterwa intambwe nziza yashoboraga gutuma u Rwanda n’u Burundi byongera kubana neza. Yagize ati […]

Continue Reading

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko cy’izabukuru mu birori byo kubashimira umurimo w’indashyikirwa bakoreye Igihugu. Ibyo birori bibaye ku nshuro ya 13 byabereye ku Birindiro Bikuru by’Ingabo z’u Rwanda biherereye ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo, ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 28 Nyakanga 2025, no ku […]

Continue Reading

Burera: Barataka kubura isoko ry’umusaruro wabo wa Tungurusumu

Abaturage bo mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Burera, baravuga ko bitabiriye guhinga Tungurusumu ku bwinshi none ngo aho umusaruro ubonekeye babuze abawugura. Muri uyu Murenge wa Rugarama ubuhinzi bwa Tungurusumu buritabirwa cyane, kuko ngo ubusanzwe abaturage babukuramo amafaranga menshi. Cyakora ngo muri iri hinga ntabwo byabahiriye kuko ngo bisanze umusaruro wa Tungurusumu wababanye […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Masai Ujiri bafunguye Zaria Court Kigali

Perezida Paul Kagame na Masai Ujiri bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali yuzuye itwaye miliyoni 25$ asaga miliyari 36 Frw. Iki gikorwa cyabereye i Remera ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 28 Nyakanga 2025, cyitabiriwe kandi n’abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire n’Umuyobozi Mukuru wa Zaria Group, Andrew Feinsten. “Zaria Court Kigali” […]

Continue Reading

Trump yikomanze mu gatuza yibutsa abantu akamaro ke mu mibanire y’u Rwanda na RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iyo atagira uruhare mu biganiro bigamije gukemura amakimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibihugu byombi bitari kubyinjiramo ahubwo ibintu byari kurushaho kugana ahabi. Perezida Trump ari mu rugendo muri Ecosse aho yagiranye ibiganiro n’abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir […]

Continue Reading

DR Congo: Habaruwe abasivili 47 biciwe mu rusengero na ADF

Abantu 47 nibo bishwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Nyakanga, mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gitero cyagabwe n’umutwe witwaje intwaro wa Allied Democratic Forces (ADF-NALU), ufitanye isano n’abo mu mutwe wa Islamic State. Ubu bwicanyi bwabereye mu rusengero Gatolika rwo muri Komanda, mu karere ka Irumu, Intara […]

Continue Reading

Ese Madebeats yaba agiye gusimbura Element muri 1:55AM?

Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, akaba n’umuhanga mu gutunganya injyana n’amajwi, Madebeats, ashobora kugaruka i Kigali, aho ibiganiro byo gusubira muri 1:55AM Record Label bigeze kure Ibihuha ku igaruka rya Madebeats byatangiye gukwirakwira nyuma y’uko Umuyobozi wa 1:55AM, Kenny Mugarura, ashyize ubutumwa bw’amayobera kuri Instagram, buvuga ku kugaruka kwe, butinze gato butangira kuganirwaho cyane n’abakunzi […]

Continue Reading

AFC/M23 yikomye radio Okapi

Umuvugizi w’Ihuriro, Alliance Fleuve Congo, Laurence Kanyuka yavuze ko Radio Okapi itabaha umwanya ngo bavuge ku makuru itangaza, iyi radio ivuga ko mu bice bigenzurwa na M23 hakomeje kubera ubwicanyi. Kuri X yahoze ari Twitter, Kanyuka yavuze ko Radio Okapi yica uburenganzira bwo gusubiza. Ati “Turagaragaza akababaro kacu kubera uburyo Radio Okapi itangazamo amakuru areba […]

Continue Reading

Musanze: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gashaki barifuza serivise z’amenyo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu kigo nderabuzima cya Gashaki, bigatuma bajya kwivuza mu buryo bwa magendu, bavurwa n’abantu batabifitiye ubumenyi n’ibikoresho bidafite isuku. Abo baturage bavuga ko hari bamwe mu baturiye uwo Murenge bitwikira iki […]

Continue Reading

Passport y’u Rwanda yazamutseho imyanya itatu mu zikomeye ku isi

Pasiporo y’u Rwanda yageze ku mwanya wa 73, ivuye k’uwa 76 mu zikomeye ku Isi, kuko uyifite ashobora kujya mu bihugu 63 adasabwe Visa. Ni amakuru agaragara ku rutonde ngarukamwaka rwa The Henley Passport Index, rugaragaza uko Pasiporo z’ibihugu ziba zihagaze mu mwaka runaka. Urutonde rw’uyu mwaka rugaragaza ko Pasiporo y’u Rwanda iri ku mwanya […]

Continue Reading

Tariki 28 Nyakanga, ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara ya Hepatitis, Byinshi wamenya kuri iyi ndwara

Hepatitis ni indwara iterwa no kubyimba kw’igice cy’umwijima (liver inflammation). Iyi ndwara igira impamvu zitandukanye kandi ikaba ishobora kuba iy’igihe gito (acute) cyangwa iy’igihe kirekire (chronic). Hepatitis irimo ubwoko butandukanye, burimo Hepatitis A, B, C, D, na E, buri bwoko bukagira uburyo butandukanye yanduriramo n’ingaruka zitandukanye ku buzima. Ubwoko bwa Hepatitis n’uko yandura: Hepatitis A […]

Continue Reading