Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 30 Nyakanga 2025

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, iyobowe na Perezida Kagame yemeje abahagarariye ibihugu bitandukanye n’imiryango mpuzamahanga mu Rwanda. Yemeje abahagarariye ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda barimo abahagarariye ibihugu by’Afurika Misiri, Mali, Lesotho na Gambia, ndetse n’ibyo hanze yayo nka Mexico, na Slovakia. – Madamu Hanan AbdelAziz Elsaid Shahin, ni we wemejwe nka Ambasaderi wa […]

Continue Reading

Kaminuza ya AHSU yahawe ubutaka bwo kubakaho mu Rwanda

Kaminuza ya AHSU yahawe ubutaka bwo kubakaho mu Rwanda Kaminuza y’Ubuvuzi ya Africa Health Sciences University, AHSU, yahawe ubutaka bwo kubakaho Ishuri ryigisha Ubuvuzi mu Rwanda. Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, ni yo yemeje itangwa ry’ubwo butaka kuri AHSU yigisha ibijyanye no gutera ikinya, kuvura indembe, kubaga abantu, ubuvuzi bw’indwara z’imbere mu mubiri, […]

Continue Reading

Bombori bombori muri Rayon Sports

Komite Nyobozi ya Rayon Sports ihagarariwe na Twagirayezu Thaddée yasubije ibaruwa yari yandikiwe n’Urwego rw’Ikirenga rwayo ruyobowe na Muvunyi Paul, igaragaza imbogamizi mu kwitabira Inteko Rusange Isanzwe rwari rwatumije. Buri mwaka, akenshi mbere y’uko umwaka mushya w’imikino utangira, amakipe menshi arimo Rayon Sports ategura inteko rusange isanzwe iba igiye gusuzumirwamo ibyaranze umwaka wabanje, ikanemerezwamo ibikorwa […]

Continue Reading

Sherrie Silver yagaragaje ahazaza yifuza ku bana arera

Sherrie Silver uri mu babyinnyi b’Abanyarwanda bamaze kubaka izina ku Isi, yasobanuye ko impamvu ari kwibanda mu gufasha abana babarizwa mu muryango yatangije yise ‘Sherrie Silver Foundation’, ari uko ashaka ko bazahindurira ubuzima ababyeyi babo n’abazabakomokaho. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, aho yasobanuraga impamvu asa nk’uwahinduye umuvuno muri iki gihe, aho kwibanda ku kubyina ahubwo […]

Continue Reading

Sudani y’Epfo yemeye kwakira abimukira benshi bazirukanwa muri Amerika

Leta ya Sudani y’Epfo yemeye kwakira abimukira benshi b’abanyamahanga bazirukanwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isaba ko ibihano byafatiwe abayobozi bakuru bayo bikurwaho. Mu bayobozi isabira gukuriraho ibihano harimo umujyanama mukuru wa Perezida Salva Kiir mu bijyanye n’imari, Dr. Benjamin Bol Mel, uhabwa amahirwe yo gusimbura Umukuru w’Igihugu. Sudani y’Epfo kandi isaba Amerika gusubizaho […]

Continue Reading

Kubuza abanyamahanga gukora ubucuruzi buto muri Tanzania byateje impaka muri Kenya

Tanzania yafashe icyemezo cyo guhagarika abanyamahanga gutunga no gukora ubucuruzi buto, bitera impaka n’uburakari ku ruhande rwa Kenya, igihugu gituranyi. Itegeko rishya ribabuza gukora mu byiciro 15 by’ubucuruzi birimo: kohereza amafaranga kuri telefoni (mobile money), kuyobora ba mukerarugendo, ubucukuzi buto bw’amabuye y’agaciro, kugura imyaka ku mirima, salon z’ubwiza, amaduka y’ubukorikori (curio shops), ndetse no gushinga […]

Continue Reading

Angola: Batanu bapfuye, abasaga 1200 batabwa muri yombi bazira kwigaragambya

Polisi ya Angola yatangaje ko abantu batanu barimo n’umupolisi bishwe, abarenga 1 200 batabwa muri yombi nyuma y’imyigaragambyo yamagana izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli yabereye mu murwa mukuru, Luanda. Iyo myigaragambyo yatangiye ku munsi wa Gatatu  itangijwe n’abatwara imodoka zitwara abagenzi ku wa 28 Nyakanga bamagana izamuka ry’ibiciro bya lisansi  ariko uko iminsi igenda  ikurikirana imyigaragambyo […]

Continue Reading

Rutakisha, izina ry’Album ya Ruti Joel ishobora kugeza Gakondo ku rwego mpuzamahanga

Niba hari ikintu kiri kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Kigali muri iki gihe, ni amashusho agaragaza umuririmbyi wa Gakondo, Ruti Joel, arimo kubyina indirimbo ye yakunzwe cyane yitwa “Cyane”. Iyo ndirimbo isangiza abumva umwimerere w’umuco nyarwanda uvanzemo injyana ya Afrobeat yo muri Afurika y’Uburengerazuba, ikerekana ubuhanga bwa Ruti bukomeje gutera imbere no kwiyemeza kwe […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri ba Jenerali icyenda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru mu Ngabo z’u Rwanda, yemereye abasirikare barenga 1000 barimo abari ku rwego rw’Abajenerali kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Ni icyemezo cyatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 29 Nyakanga 2025. Abasirikare bakuru bagiye mu kirihuko cy’izabukuru, abafite ipeti rya Major General ni babiri, mu gihe […]

Continue Reading

Perezida wa Santarafurika Touadéra yambitse imidari y’ishimwe ingabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof. Faustin Archange Touadera yambitse imidali y’ishimwe abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro no kubungabunga umutekano muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA), abashimira uko bitwara mu kazi kabo. Ibirori byabereye mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu mu Murwa mukuru Bangui ku […]

Continue Reading