AFC/M23 yavuze ko Congo idobya ibiganiro
Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko nubwo bukomeje gukora ibishoboka byose ngo amahoro agerweho mu Burasirazuba bwa Congo, ubutegetsi bwa Kinshasa bwo bukomeje kugaragaza ko bushaka intambara, bunaniza ibiganiro by’amahoro. Byagarutsweho ubwo iri huriro ryagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru cyari kigamije gutanga ishusho ku biganiro bya Doha , iri huriro rimazemo iminsi n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi. AFC/M23 […]
Continue Reading
