Abarimu 10 bafite PhD bigisha mu yisumbuye, umwe yigisha mu abanza: Ibidasanzwe ku barezi b’u Rwanda
Uburezi ni rumwe mu nzego za Leta zikoramo abantu benshi baba bagomba kugira ibyo bujuje birimo impamyabumenyi kuva ku mashuri yisumbuye kuzamura, gusa hari abafite Impamyabumenyi y’Ikirenga, PhD bakiri mu burezi bw’amashuri abanza cyangwa ayisumbuye nyamara baba bategerejweho kwigisha muri za kaminuza. Umwarimu wujuje ibisabwa ku rwego rw’amashuri y’inshuke n’abanza asabwa nibura kugira impamyabumenyi y’amashuri […]
Continue Reading
