Liverpool yatsinze PSG, Barcelona na Bayern Munich na zo zitsinda mu mikino ya 1/8 cya UEFA Champions League

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 5 Werurwe 2025, habaye imikino ibanza ya 1/8 cya UEFA Champions League aho amakipe akomeye y’i Burayi yahuye mu mikino y’amateka. Liverpool yatsinze Paris Saint-Germain igitego 1-0, FC Barcelona itsinda Benfica, mu gihe Bayern Munich yanyagiye Bayer Leverkusen ibitego 3-0. Umukino wabereye Parc des Princes watangiye PSG […]

Continue Reading

Rutsiro: Ubuyobozi bwasobanuye iby’umuturage witabye Imana abaturage bakanga kumushyingura

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bwatangaje ko umuturage witwaga Harelimana Bonaventure uherutse kwicwa ariko abaturage bakanga kumushyingura bavuga ko batazi urupfu yapfuye, kuri ubu umuryango we wamaze gusobanurirwa iby’urupfu rwe arashyingurwa ndetse n’iperereza ku bamuhitanye ryatangiye gukorwa. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko Harelimana wari ufite imyaka 35 y’amavuko […]

Continue Reading

Minisitiri w’u Budage yashishikarije abantu gusura u Rwanda

Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’ibikorwaremezo w’u Budage, Dr. Volker Wissing, yavuze ko u Rwanda ari igihugu cyiza, gifite abantu beza n’ibyiza nyaburanga, ashishikariza abantu kurusura. Yabitangaje kuri uyu wa 5 Werurwe 2025, ubwo yari amaze gusura ahamurikirwa ibikorwa (stand) ha Visit Rwanda, mu Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Ubukerarugendo rizwi nka ITB (Internationale Tourismusborse Berlin) ribera mu Budage. Minisitiri Dr. […]

Continue Reading

Hari abagore bajya kwiteza inda muri FDLR, kubera ingengabitekerezo ya Jenoside

Ihuriro ry’Inteko Ishinga Amategeko rikumira Jenoside no kurwanya ihakana n’ipfobya bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (AGPF) ryagaragaje ko mu Rwanda hari abaturage bashyigikiye umutwe wa FDLR, hakabamo n’abagore bajya kwiteza inda ku bari muri uwo mutwe bavuga ko bashaka ‘icyororo’. Ni ibikubiye mu icukumbura ryakozwe na AGPF ryagaragajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya […]

Continue Reading

U Rwanda rwahamagaje Ambasaderi wa Canada yarufatiye ibihano

Guverinoma y’u Rwanda yahamagaje Ambasaderi wa Canada mu Rwanda Julie Crowley, kugira ngo atange ibisobanuro ku bijyanye n’uko igihugu cye cyiyunze n’abashinja u Rwanda guteza umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). U Rwanda rwatangaje ko Leta ya Canada yahisemo kurushinja ubwicanyi buri gukorerwa muri RDC, mu gihe ari ibikorwa ingabo […]

Continue Reading

Gen Omega agiye gushyikirizwa u Rwanda

Gen Pacifique Ntawunguka wamenyekanye ku izina rya Omega, wari Umuyobozi w’Ishami rya Gisirikare rya FDLR rizwi nka FOCA (Les Forces Combattantes Abacunguzi), agiye gushyikirizwa igisirikare cy’u Rwanda nyuma yo gufatirwa ku rugamba n’ingabo za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kiganiro Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru  yagiranye na Dr. Oscar Balinda, […]

Continue Reading

Corneille Nangaa yasubije abashinja Ingabo z’u Rwanda kuba muri Congo

Umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka ARC/M23, Corneille Nangaa, yagaragaje ko abavuga ko Ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, atazi icyo babishingiraho kuko ntazo yahabonye. Ibi birego bimaze igihe bikwarakwizwa n’abagamije guharabika isura y’u Rwanda no kurwegekaho ibibazo by’umutekano muke bimaze igihe muri Repubulika […]

Continue Reading

Perezida wa Centrafrique yakiriye Gen Maj Vincent Nyakarundi

Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Gen Maj Vincent Nyakarundi n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga. Perezida Touadéra yakiriye aba abasirikare bakuru mu Ngabo z’u Rwanda mu biro bye, Palais de la Renaissance, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri. Mu bandi bitabiriye ibiganiro harimo Col […]

Continue Reading

M23 yinjiye mu yindi Teritwari ya Kivu y’Amajyepfo

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjiye muri Teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23 yinjiye muri Mwenga ku mugoroba wo ku wa 3 Werurwe 2025, nyuma yo guhangana n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo. Umuturage yagize ati “Kuva ku mugoroba, abarwanyi ba AFC/M23 bagaragara […]

Continue Reading

Amerika yohereje Umunyarwanda wahamijwe ibyaha bya Jenoside

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa kabiri tariki ya 4 Weruwe 2024,yohereje mu Rwanda, Ahmed Napoleon Mbonyunkiza wari warakatiwe n’Urukiko Gacaca, akaza guhanywa n’ibyaha bya Jenoside. Uyu mugabo amakuru avuga ko arangije igihano cy’imyaka 15 yari yahamijwe kubera icyaha cyo gusambanya ku gahato yakoreye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ahmed Napoleon Mbonyunkiza […]

Continue Reading

Nyuma yuko DRC ivuze ko Brig Gen Gakwerere yari umukozi wa Leta y’u Rwanda FDLR yemeje ko Brig Gen Gakwerere yari mu bayobozi bakuru bayo

Umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wemeje ko Brig Gen Gakwerere Jean Baptiste uherutse gushyikirizwa u Rwanda yari mu buyobozi bukuru bwawo. Ni amakuru anyomoza ay’Umuvugizi w’Ingabo za RDC, Gen Maj Sylvain Ekenge n’abandi bo muri Guverinoma y’iki gihugu, batangaje ko Brig Gen Gakwerere yari umukozi wa Leta […]

Continue Reading