Tshisekedi yahaye akazi umukobwa we

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize umukobwa we, Christina Tshisekedi Tshika mu bajyanama bwite be. Itangazo ry’itangwa ry’imirimo mishya inyuranye rituruka mu biro bya Perezida wa RDC, ryasohotse mu ijoro ryo ku wa 7 Werurwe 2025. Abahawe imirimo bari mu cyiciro cy’abayobozi bungirije b’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, abajyanama bakuru, intumwa zihariye, abashinzwe […]

Continue Reading

Thomas Lubanga yashinze umutwe w’inyeshyamba mushya urwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi

Thomas Lubanga Dylo wigeze gufungirwa muri gereza y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), yashinze umutwe w’inyeshyamba mushya urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Lubanga wayoboraga UPC/FPLC mu 2012 yakatiwe na ICC igifungo cy’imyaka 14, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kwinjiza abana bari munsi y’imyaka 15 muri uyu mutwe witwaje intwaro, no kubajyana ku rugamba. Nyuma […]

Continue Reading

Nyamasheke: Abantu 11 barimo umugore batawe muri yombi

Abantu 11 bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe harimo n’umugore 1 barimo abasanzwe ari abacukuzi abandi bakaba ari abafite imirima icukurwamo amabuye y’agaciro n’abacukuzi banafite iyo mirima. Abo bafashwe ni abo mu Midugudu ya Butangata, Winkamba, Buhinga, Yove, Ruvumbu, Gasebeya, Bushekeri, Kirombizi na Karambi, mu Tugari twa Mpumbu, Nyarusange na Buvungira, Umurenge wa Bushekeri, bose […]

Continue Reading

Abafana ba Motema Pembe basabye Corneille Nangaa kubohora RDC

Abafana ba DCMP (Daring Club Motema Pembe) iri mu makipe y’umupira w’amaguru y’ubukombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, kubohora iki gihugu. Ubu butumwa babutangiye mu ndirimbo y’uburakari baririmbye nyuma y’aho DCMP imaze iminsi yitwara nabi, itsinzwe na A.F Anges Verts ibitego 3-1. Ni umukino wabereye muri Stade des […]

Continue Reading

RDC: Inyeshyamba zarekuye abantu 161 ziherutse gushimuta

Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo warekuye abaturage 161 wari uherutse gushimuta mu ntara ya Ituri. CODECO yashimutiye aba baturage mu gace ka Tchomia gaherereye muri teritwari ya Djugu hafi y’Ikiyaga cya Albert nyuma y’imirwano yahanganishije ingabo za RDC n’umutwe wa Zaire tariki ya 3 Werurwe 2025. […]

Continue Reading

Nyuma yo kwihakana Ikinyarwanda Leta ya RDC yamaganywe

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaganywe nyuma yo kugaragaza ko mu burasirazuba bw’iki gihugu nta Banye-Congo bavuga Ikinyarwanda babayo. Intandaro y’uku kwamaganwa ni ibisobanuro Minisitiri wungirije ushinzwe imigenzo gakondo akaba n’Umuyobozi wa Sheferi ya Bwisha, Mwami Ndeze Katurebe, ku ndimi zivugwa muri RDC. Mu kiganiro n’umunyamakuru, Minisitiri Katurebe yavuze ko ururimi rw’Igiswahili ruvugwa […]

Continue Reading

RGB yahagaritse amatorero abiri

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere,RGB, kuri uyu wa kane tariki ya 6 Werurwe 2025, rwatangaje ko rwahagaritse imiryango ishingiye ku myemerere, ibiri ariyo Elayono Pentecostal Blessinga Church riyobowe na Reverend Prophet Erneste Nyirindekwe na Sons of Korah International . Uru rwego ruvuga ko “ Rwamenyesheje inzego z’Ibanze ndetse n’iz’umutekano ko iyi miryango itemerewe gukorera mu Rwanda kubera […]

Continue Reading

M23 yasubije ONU iyishinja gushimuta abarwayi i Goma

Ihuriro rya AFC/M23 ryashyize umucyo ku basirikare 130 ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, baherutse gufatirwa mu bitaro by’i Goma bari bihishemo, ariko Umuryango w’Abibumbye ukavuga ko ari abarwayi bashimuswe n’aba barwanyi. Ku wa Mbere, tariki 03 Werurwe 2025, ni bwo Umuryango w’Abibumbye, biciye mu muvugizi w’Ishami ryawo rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu, Ravina Shamdasani, […]

Continue Reading

Abanyarwanda 44 bamaze gusimburizwa impyiko mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuva mu mwaka wa 2023 u Rwanda rushyize imbaraga mu guteza imbere urwego rw’ubuzima kugeza ubu abarwayi 44 bamaze guhindurirwa impyiko bikorewe mu Rwanda. Byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko, abitangarije Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore, kuri uyu […]

Continue Reading

RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje itangazo rihamagarira urubyiruko rwifuza kwinjira mu ngabo kwiyandikisha, ibikorwa bikazatangira ku wa 08 Werurwe 2025 kugeza ku wa 06 Mata 2025. Abasaba Kwinjira mu Ngabo Itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 06 Werurwe 2025 rivuga ko abasaba kwinjira mu ngabo bazaba mu byiciro bitandukanye, cyane cyane ku rwego rwa […]

Continue Reading

Ikiganiro n’umuvugizi wa M23 ku ifatwa rya Gen Omega

Umutwe wa M23 wavuze ko amakuru avuga ko kuri uyu wa 5 Werurwe 2025 bagiye koherereza igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen Ntawunguka Pacifique, uzwi nka Omega n’andi mazina, ko atari ukuri. Ni mu kiganiro kigufi Umuvugizi wungirije w’Umutwe wa M23, Dr. Oscar Balinda, yagiranye na Umuseke dukesha iyi nkuru nyuma y’amakuru yasakaye kuri uyu wa […]

Continue Reading