Icyo Kabila avuga ku byo kuba yaba akorana na M23

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yateye utwatsi ibirego bya Leta y’iki gihugu bimushinja kuba akorana n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuva mu mwaka ushize, Perezida Félix Antoine Tshisekedi na bamwe mu bantu ba hafi ye nka Jean Pierre Bemba usanzwe ari Minisitiri w’Ubwikorezi cyo kimwe na Augustin Kabuya […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yahuye na Tshisekedi

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha ku mahoro arambye, nk’uko ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar ibivuga. Kagame na Tshisekedi baherukaga guhura imbonankubone kuri iki kibazo muri Nzeri(9) 2022 i New York bahujwe na Perezida Emmanuel […]

Continuer la lecture

Menya Umushahara n’Ibindi Byingenzi Perezida wa Sena y’u Rwanda Agenerwa

Mu rwego rwo gusobanurira Abanyarwanda imishahara n’ibindi by’ingenzi bigenerwa abayobozi bakuru b’igihugu, dukora  ubushakashatsi kuri bamwe mu bafite inshingano zikomeye. Tugiye kugaruka ku mushahara ndetse n’ibindi Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugira ngo asohoze neza inshingano ze. Umushahara wa Perezida wa Sena Nk’umwe mu bayobozi bakuru b’igihugu, Perezida wa Sena y’u Rwanda ahembwa umushahara […]

Continuer la lecture

M23/AFC yahagaritse kujya mu biganiro na Leta ya Congo

Umutwe wa M23/AFC wari watangaje urutonde rw’abazajya muri Angola wahinduye icyemezo cyo kwitabira ibiganiro byo muri Angola. M23/AFC, mu itangazo yashyize hanze igaragaza ko ihagaritse kwitabira ibiganiro byari kuyihuza n’intumwa za Leta ya Congo i Luanda muri Angola, kubera impamvu zitandukanye zirimo ibihano byafashwe n’Ubumwe bw’Uburayi ku bayobozi batandukanye bayo. Ibi biganiro byagombaga kuba kuri […]

Continuer la lecture

Tshisekedi yakiriye intumwa ya Perezida Trump

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe, yahuye n’umudepite wo muri Amerika, Ronny Jackson, kugira ngo baganire ku mirwano ibera mu burasirazuba bw’igihugu ndetse n’amahirwe yo gushora imari kuri Amerika cyane cyane mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Iyi nama yabaye nyuma y’icyumweru kimwe Washington ivuze ko yiteguye […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwaciye umubano n’u Bubiligi, abadipolomate basabwe guhambirizwa

Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye ku butaka bwarwo mu gihe kitarenze amasaha 48. Ni umwanzuro Guverinoma y’u Rwanda yafashe kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe, ndetse ugomba guhita ushyirwa mu bikorwa. U Rwanda ruvuga ko rwawufashe nyuma yo kubyigana […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yagennye abazayihagararira mu biganiro by’i Luanda

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025 intumwa zigizwe n’abagera kuri Batanu bazahagararira Ihuriro AFC/M23 berekeje i Luanda muri Angola ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni intambara Umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganyemo n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi […]

Continuer la lecture

RD Congo yemeje ibiganiro na M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko izajya mu biganiro bitaziguye n’inyeshyamba za M23. Angola isanzwe ari umuhuza muri ibi biganiro , yatangaje ko bizaba kuwa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025. Umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi , Tina Salama, yemereye Reuters ku wa 16 Werurwe 2025 ko ibyo biganiro bazabyitabira. Salama yasobanuye […]

Continuer la lecture

AFC/M23 Yamaganye Human Rights Watch ku Ibyatangajwe kuri Lawrence Kanyuka

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yamaganye bikomeye Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), ku byo watangaje bimwitirirwa avuga ko bitari ukuri. Kanyuka yavuze ko HRW yakoze raporo igamije gukwirakwiza ibihuha by’Ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) no kuyobya amahanga ku bibazo by’umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu. Mu itangazo […]

Continuer la lecture

Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo, Ebrahim Rasool, imushinja kwanga Perezida Donald Trump. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko Ambasaderi Rasool atagihawe ikaze muri Amerika kandi ko ntacyo bafite cyo kuganira na we. Yagize ati “Ambasaderi wa Afurika y’Epfo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ntabwo agihawe ikaze […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yakoze impinduka mu Buyobozi bwa RDF

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi amuha ipeti rya Brigadier General ndetse amuha kuyobora Umutwe w’Ingabo zidasanzwe, Special Operations Force. Ni impinduka zatangajwe mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki 15 Gicurasi. Zirimo kandi ko Gen Maj Ruki Karusisi wayoboraga Special Operations Force yasabwe gusubira gukorera ku […]

Continuer la lecture