Inama y’Abaminisitiri ya EU yavuze ku gufatira u Rwanda ibihano
Inama y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, yanzuye ko u Rwanda rudahita rufatirwa ibihano kubera ibirego rushinjwa mu ntambara zimaze imyaka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahubwo ibyemezo bya politike bizafatwa bizagendera ku bikorwa bigezweho. Iyi nama yateranye ku wa 24 Gashyantare 2025, mu bibazo by’ingenzi byari ku murongo […]
Continue Reading
