Inama y’Abaminisitiri ya EU yavuze ku gufatira u Rwanda ibihano

Inama y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, yanzuye ko u Rwanda rudahita rufatirwa ibihano kubera ibirego rushinjwa mu ntambara zimaze imyaka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahubwo ibyemezo bya politike bizafatwa bizagendera ku bikorwa bigezweho. Iyi nama yateranye ku wa 24 Gashyantare 2025, mu bibazo by’ingenzi byari ku murongo […]

Continue Reading

Abandi basirikare ba Afurika y’Epfo bakomerekeye muri RDC bazacyurwa vuba

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyatangaje ko abandi basirikare bacyo bakomerekeye mu mirwano yabereye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bazacyurwa muri iki cyumweru. Iki gisirikare kizwi nka SANDF cyatanze aya makuru nyuma y’aho abasirikare bacyo 129 bakomerekeye bikomeye muri iyi mirwano bageze muri Afurika y’Epfo mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Gashyantare […]

Continue Reading

Umukino wa APR FC na Rayon Sports wigijwe imbere

Urwego rutegura Shampiyona y’u Rwanda , rwavuguruye ingengabihe y’imikino yo kwishyura, rwimura irimo uwa APR FC na Rayon Sports, wavanywe muri Gicurasi, ushyirwa tariki 9 Werurwe 2025. Shampiyona y’u Rwanda igeze ku Munsi wa 19, ugomba gukinwa guhera tariki 28 Gashyantare, hakinwa umukino uzahuza Vision FC na Rutsiro FC kuri Kigali Pelé Stadium. Kuri uwo […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umusore wararanye umukobwa w’imyaka 15 iminsi 4 yafashwe

Maniraguha Pierre w’imyaka 23 washakishwaga n’izego z’umutekano nyuma yo kumarana iminsi 4 umukobwa w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza yatawe muri yombi ubu akaba afungiye kuri SItasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Macuba mu Karereka Nyamasheke. Nyirarume w’uwo mwangavu Ntabareshya Zéphanie, yabwiye Imvaho nshya dukesha iyi nkuru ko banyuzwe no kuba uwo musore […]

Continue Reading

Rutahizamu wa Rayon Sports Fall Ngagnentazongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, ntazongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo kugirira imvune mu mukino wahuje ikipe ye n’Amagaju FC. Ku wa Gatandatu, tariki ya 22 Gashyantare 2025, ni bwo Rayon Sports yerekeje mu Karere ka Huye gukina n’Amagaju FC, ndetse bakurayo inota rimwe nyuma yo kunganya igitego 1-1. Si […]

Continue Reading

Uhuru Kenyatta, Obasanjo na Hailemariam bagizwe abahuza ku kibazo cya RDC

Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) yemeje ko Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria na Hailemariam Desalegn Boshe wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, ari bo bahuza mu kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa DRC. Ni mu itangazo imiryango yombi yashyize hanze kuri uyu wa Mbere […]

Continue Reading

Abasirikare ba Afurika y’EPfo basubiye iwabo banyuze mu Rwanda

Abasirikare babarirwa muri 300 ba Afurika y’Epfo barimo n’abatwite basubiye iwabo banyujijwe mu Rwanda. Aba kandi barimo n’abo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika yo mu majyepfo (SADC). Aba basirikare basubiye iwabo , baje boherejwe kuza gufasha leta ya Congo ifatanyije n’indi mitwe irimo Wazarendo, ingabo z’Abarundi, FDLR na SADC ngo bahanhane na AFC/M23 ariko […]

Continue Reading

Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye Imana

Umunya Nigeria Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye imana azize impanuka yabereye muri Uganda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025 ni bwo iyi nkuru y’inshamugongo yatashye mu bakunzi ba ruhago nyuma yo kumva ko uyu mukinnyi azize impanuka ya moto yabereye mu gace ka Entebe. Uyu mukinnyi wahoze akinira […]

Continue Reading

Kera kabaye abasirikare ba Afurika y’Epfo barimo n’abatwite bagiye gutaha banyuze mu Rwanda

Ingabo za Afurika y’Epfo zari zimaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zifatanya n’ingabo za FARDC mu kurwana n’umutwe wa M23 zigiye gutaha, zinyuze mu Rwanda. Afurika y’Epfo yohereje ingabo zirenga 2900 mu butumwa bw’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SAMIRDC. Izi ngabo zajyanye n’iza Malawi na Tanzania, zisangayo iz’u Burundi […]

Continue Reading

Umutekano w’u Rwanda ugomba kubahwa- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko inyungu z’umutekano w’u Rwanda zigomba guhabwa agaciro kandi zikubahwa. Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatandatu tariki ya 22 Gashyantare 2025, ubwo yakiraga Umudepite uhagarariye Tottenham akaba n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Umuryango wa Commonwealth n’Iterambere mu Bwongereza, David Lammy. Perezida Kagame yashimangiye agaciro k’umutekano w’u […]

Continue Reading