RDC yatangiye gushyira igitutu kuri Luxembourg yanze ko u Rwanda rufatirwa ibihano

Luxembourg iherutse gutambamira icyemezo cy’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi cyo gufatira ibihano u Rwanda, ushinja uruhare mu ntambara imaze igihe ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Mbere tariki 24 Gashyantare 2025, Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bagize EU, bahuriye i Bruxelles mu nama yari igamije gufatira ibihano u Rwanda. Amakuru yizewe ashimangira […]

Continue Reading

Brady Gilmore yegukanye agace ka gatatu Tour du Rwanda 2025

Umunya- Australia Brady Gilmore ukinira Ikipe ya Israel Premier Tech, ni we wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2025, nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota 55 n’amasegonda 14. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Gashyantare 2025, ni bwo hakinwe agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2025, kahagurukiye mu Karere ka Musanze […]

Continue Reading

Gen (Rtd) Kabarebe yavuye imuzi uko Tshisekedi yifuje guhanagura u Rwanda

Gen (Rtd) James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yavuze ko ibibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye nyuma y’iyicwa rya Patrice Lumumba, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Zaire. Yabisobanuriye abagize Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda ku wa 25 Gashyantare 2025. Minisitiri Kabarebe yasobanuye ko ibibazo bya […]

Continue Reading

Minisitiri Marizamunda yaganiriye na Ambasaderi wa Israel

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss, kuri uyu wa 25 Gashyantare 2025. Minisiteri y’Ingabo yasobanuye ko bombi baganiriye ku bifitiye akamaro u Rwanda na Israel no ku kongerera imbaraga ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’impande zombi. Umubano w’u Rwanda na Israel watangiye kuva rwabona ubwigenge muri Nyakanga […]

Continue Reading

Corneille Nangaa na Bisimwa basuye Bukavu

Umuyobozi w’ihuriro AFC, Corneille Nangaa, n’uw’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu rwego rwa politiki, Bertrand Bisimwa, basuye umujyi wa Bukavu ku nshuro ya mbere kuva abarwanyi babereye abayobozi batangira kuwugenzura. Nangaa na Bisimwa bagaragaye mu mujyi rwagati ndetse no ku cyambu cy’Ikiyaga cya Kivu, barinzwe n’abarwanyi ba M23, bakirwa n’abaturage benshi babitaga “Les Libérateurs”. “Les […]

Continue Reading

Harvesting Hope or Fear; The GMO Debate Continues

Icipe Scholars Host GMO Debate at Duduville Campus The icipe Scholars Association (IScA) hosted a debate on Tuesday at Duduville Campus, addressing the topic, “GMOs: A Solution to Food Security or a Risky Experiment?” The event attracted experts from across Kenya and scientists from the International Centre of Insect Physiology and Ecology (icipe). Mr Amine […]

Continue Reading

Jenerali wo muri Afurika y’Epfo yavuze ko gisirikare cyabo kidashoboye

Lt Gen Ntshavheni Peter Maphaha uyobora ishami ry’igisirikare cya Afurika y’Epfo rishinzwe ubuvuzi, yatangaje ko igisirikare cyabo kidafite ubushobozi bwo kurinda imipaka. Mu butumwa yatanze ubwo yasezeraga ku basirikare 14 ba Afurika y’Epfo bapfiriye mu ntambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt Gen Maphaba yagaragaje ko igisirikare cyabo kitajyanye n’izina igihugu […]

Continue Reading

Lionel Messi ashobora gusubira gukinira FC Barcelona

Rutahizamu w’Umunya Argentine, Lionel Messi, ashobora kongera kwambara umwambaro wa FC Barcelona nyuma yo kurangiza amasezerano ye muri Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Amasezerano ya Lionel Messi muri Inter Miami azarangirana n’uyu mwaka w’imikino wa 2025, kandi uyu mukinnyi w’imyaka 37 ntaragira gahunda yo guhagarika gukina ruhago. Amakuru mashya atangwa n’umunyamakuru […]

Continue Reading

Abarenga 20 bapfiriye mu gusubiranamo hagati ya FARDC na Wazalendo

Abantu bagera kuri 20 bapfuye abandi mirongo itandatu barakomereka mu mirwano yahuje ingabo za Leta, zasubiranyemo na Wazalendo, mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Ubusanzwe inyeshyamba za Wazalendo zifasha ingabo za leta, FARDC guhangana n’umutwe wa M23. Ukuriye ubuvuzi mu zone ya Uvira, Mpanzu Nimi,yabwiye ikinyamakuru Actualite, ko “ Tumaze kubarura abantu […]

Continue Reading

Abadepite batumije Minisitiri ngo asobanure inyungu ihanitse ya SACCO

Abagize Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, banzuye gutumiza Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Yusuf Mulangwa ngo atange ibisobanuro ku bibazo bijyanye na Koperative yo Kubitsa no Kuguriza Umurenge SACCO (U-SACCO), harimo n’igipimo cy’inyungu kiri hejuru, kuri ubu zigeze ku kigero cya 24% ku mwaka. Uwo mwanzuro w’Abadepite wafashwe ku wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025 aho […]

Continue Reading