Bukavu: Bari gukusanya urubyiruko rwo kurwana n’umutwe wa M23
Mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hatangiye igikorwa cyo kwandika urubyiruko rw’abakorerabushake bagomba koherezwa kurwana n’umutwe wa M23. Iki gikorwa cyo kwandika uru rubyiruko cyatangijwe na Minisitiri w’ubutegetsi mu Ntara ya Kivu y’Amajepfo, Albert Kahasha uzwi nka Foka Mike, gitangirizwa ku kibuga cya Funu […]
Continue Reading
