Nyanza: Uruhinja rwatawe mu Kiliziya

Mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Mukingo, mu Kagari ka Gatagara, uruhinja ruri mu kigero cy’iminsi irindwi n’icumi, rwatawe muri Kiliziya ya Paruwasi ya Kigoma. Byabaye ku wa 2 Gashyantare 2025, mu masaha y’amanywa mu Misa yabereye muri iyi Paruwasi yo muri Diyosezi ya Kabgayi. Umuyobozi wungirije wa Paruwasi ya Kigoma, Hagenimana Pacifique, wari wanatuye […]

Continue Reading

AFC/M23 yatangaje agahenge, uvuga ko nta mugambi ufite wo gufata Bukavu

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko kuva ku itariki ya 4 Gashyantare 2025, rihagaritse imirwano kugira ngo ribanze rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bashegeshwe n’ibitero bagabwaho na Leta. Iri huriro kandi ryavuze ko ridafite umugambi wo gufata Umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo n’ibindi bice, ariko ryiyemeje kurinda abasivili ndetse n’ibirindiro byaryo. Aya […]

Continue Reading

Perezida Kagame aganira na CNN yavuze ko U Rwanda ruzakora igishoboka cyose mu kwirinda

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu kwicungira umutekano, ubwo yasubizaga ibibazo birebana n’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yabajijwe n’umunyamakuru wa CNN kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025. Muri icyo kiganiro cyihariye, umunyamakuru Larry Maduwo yabajije Perezida Kagame niba koko ingabo z’u […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu nama

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bemeye kuzitabira Inama Idasanzwe izahuza Abayobozi bakuru b’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’ab’ibigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere w’Afurika y’Amajyepfo (SADC). Perezida wa Kenya akaba n’Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, EAC, Dr Samoei William Ruto, yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki […]

Continue Reading

Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri RDC

Ambasade ya Amerika i Kinshasa yasabye abaturage bayo bariyo guhita bataha kubera ikibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, RDC. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo Ambasade ya Amerika yatangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025, kubera umutakano muke urangwa mu Burasirazuba bwa RDC, itangaza ko itongera […]

Continue Reading

Perezida wa Afurika y’Epfo yavuze ku birego Amerika imushinja

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yamaganiye kure ibirego Perezida Donald trump amushinja by’uko Afurika y’Epfo iri gufatira ubutaka bw’abaturage ndetse abaturage bari kuba mu buzizma bubi. Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika inkunga yose Amerika yahaga Afurika y’Epfo kugeza hakozwe iperereza ku kibazo yavuze ko kirimo “gufatira ubutaka” kandi ko “abantu bamwe barimo […]

Continue Reading

M23 yakoze amasuku Umujyi wa Goma

Ihuriro AFC/M23 ryakoze umuganda isukura Umujyi wa Goma nyuma y’imirwano n’ingabo za leta,FARDC,Wazarendo n’indi mitwe irrimo na FDLR yatumye rigenzura uyu mujyi. Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Goma, hari hanyanyagiye imyenda ya gisirikare yatawe n’ingabo za FARDC na Wazalendo, bakihindura abaturage basanzwe.Hari kandi amasasu menshi n’imbunda byari bijyanyagiye mu mujyi, ubu birimo gukurwa mu nzira. Ni […]

Continue Reading

Ingabo za M23 zishe umusirikare mukuru mu ngabo za FARDC

Abasirikare ba AFC/M23 zishe Col Alex Rugabisha, Umusirikare mukuru mu ngabo za Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo, FARDC. Yapfiriye mu ntambara ikomeje guhanganisha Umutwe wa M23 na FARDC ifatanyije n’ihuriro ry’imirwe ya FDLR yasize ikoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Wazalendo, Abarundi n’Abacanshuro muri Kivu y’Amajyepfo. Ni amakuru yemejwe mu itangazo ryashyizwe hanze na Generali […]

Continue Reading

Nyabihu: Umusore akurikiranyweho gutema mugenzi we mu mutwe nyuma yo gusangira inzoga mu bukwe

Umusore w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Kiramira ,Akagari ka Ngando, Umurenge wa Kabatwa, Akarere ka Nyabihu mu ntara y’IBurengerazuba, akurikiranyweho gutema mugenzi we mu mutwe nyuma yo gusangira inzoga mu bukwe. Uru rugomo rwabaye kuwa 1 Gashyantare 2025, ku isaaha ya saa moya z’umugoroba, uwatemwe mu mutwe yitwa Hakizimana Musa w’imyaka 31 y’amavuko. […]

Continue Reading

Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje Perezida Ndayishimiye w’u Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yagize icyo avuga ku magambo ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wavuze ko “ u Rwanda rufite umugambi wo gutera u Burundi, ararushinja kugira uruhare mu mutekano mucye muri Congo.” Kuwa gatanu tariki ya 31 Mutarama 2025, Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yahuye n’abahagarariye ibihugu byabo. Mu […]

Continue Reading

U Rwanda rwavuze ko Congo na FDLR byari bifite umugambi wo kurutera

Guverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, Iza SADC n’Abacanshuro b’Abanyaburayi ryari rifite gahunda yo kurutera. Ni amakuru rushingira ku nyandiko n’izindi gihamya zatahuwe nyuma y’uko Umujyi wa Goma ufashwe na M23, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda mu gitondo […]

Continue Reading