AU yashyize u Rwanda mu bihugu biza ku isonga mu koroshya urujya n’uruza ku Banyafurika
Icyegeranyo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishyira u Rwanda mu bihugu biza ku isonga mu koroshya urujya n’uruza ku Banyafurika, gutangira ku gihe umusanzu no kwemeza byihuse amasezerano aba yashyizweho umukono n’uyu muryango. Tajan Ibrahim ukomoka muri Nigeria, avuga ko yakozwe ku mutima ubwo yari ageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Kanombe avanyemo Amadorari […]
Continue Reading
