Rutsiro: Abarimu batanu batawe muri yombi bazira gukoresha diplôme z’impimbano

RIB yatangaje ko yataye muri yombi abarimu batanu bigisha mu bigo by’amashuri bitandukanye byo mu Karere ka Rutsiro bazira gukoresha impamyabushobozi mpimbano. Abo barimu batawe muri yombi ku wa 08 Mutarama 2025 barimo Ushimimana Emmanuel w’imyaka 30 y’ubukure. Uyu ni umwarimu wigisha kuri G.S Rugaragara giherereye mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Mushonyi, Akagari […]

Continue Reading

Perezida Kagame yitabiriye inama muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abu Dhabi muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), aho yitabiriye Icyumweru cyahariwe Kubaka Ibiramba cya Abu Dhabi (ADSW). Biteganyijwe ko mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 14 Mutarama, Perezida Kagame azifatanya na Perezida wa Leta […]

Continue Reading

Abakinnyi babiri bashya ba APR FC bakuwe ku rutonde rw’Ikipe y’Igihugu ya Uganda

Paul  Put Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda, yakuye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka mu bakinnyi iki gihugu kizifashisha muri CHAN 2024 nyuma y’uko bombi bamaze gusinyira APR FC. Uganda Cranes yatangiye umwiherero kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama, yitegura CHAN 2024 izakira hamwe na Kenya na Tanzania tariki ya 1-28 Gashyantare 2025. Mu […]

Continue Reading

Imibiri 3 y’Abatutsi bazize Jenoside yabonywe ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu

Ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, mu Mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Sure, Umurenge wa Mushubati mu Karere ka Rutsiro, haravugwa umubiri w’umugore n’ibiri y’abana bikekwa ko bari abe, yabonywe n’abaturage 2 bahatambukaga, babona umwenda ushaje ku nkombe, batanga amakuru biza kugaragara ko ari iy’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Amakuru dukesha  Imvaho Nshya  […]

Continue Reading

Bane barimo Gitifu batawe muri yombi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva tariki ya 7, 8 no ku ya 9 Mutarama 2025, imaze gufunga abantu bane barimo Umunyamabanga Nshigwabikorwa w’Umurenge wa Manihira wo mu Karere ka Rutsiro, Basabose Alexis. Abandi bafashwe ni Hategekimana Victor ushizwe Iterambere ry’Ubucuruzi n’Umurimo muri uwo Murenge, Dusengemariya Emertha wari Ushinzwe icungamutungo muri SACCO y’Umurenge wa Manihira […]

Continue Reading

Chairman wa APR FC yavuze kubyo kwirukana umutoza Darko Nović

Mu gihe abafana ba APR FC bakomeje gusabira umutoza Darko Nović kwirukanwa, Chairman w’iyi kipe, Brig Gen Déo Rusanganwa, yavuze ko ifite abatekinisiye, bityo aribo bagomba kuzareba umusaruro we. Ikipe y’Ingabo yasoje imikino ibanza itsindwa n’Amagaju FC igitego 1-0, ibyasembuye abafana bayo, bongera gusabira umutoza Darko Nović kwirukanwa. Bamwe mu bafana  bagaragaje agahinda kabo ndetse […]

Continue Reading

Rutsiro: Umugore wari ufite uruhinja rw’amezi 9 yakubiswe n’inkuba

Imanizabayo Solange w’imyaka 29 wonsaga uruhinja rw’amezi icyenda, yakubiswe n’inkuba ahita apfa, mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro. Uyu mubyeyi asize urwo ruhinja n’undi mwana w’imyaka irindwi, ariko bivugwa ko yababyaye nta mugabo yari yarashatse. Umuturage wari wugamye imvura mu rugo ruturanye n’urw’inkuba yakubitiyemo uwo mugore, avuga ko yamukubise na we […]

Continue Reading

Perezida Kagame yashyizeho umuyobozi mushya wa RDB

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yagize Jean Guy Afrika Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere RDB, asimbuyeho Gatare Francis wari washyizwe kuri uwo mwanya mu Ugushyingo 2023. Jean Guy Afrika yari asanzwe akora muri Banki nyafurtika y’Iterambere (AfDB). Banki Nyafurika y’Iterambere ni ikigo cy’imari gihuriweho n’ibihugu byinshi gifite […]

Continue Reading

Imirwano ya M23 na FARDC iri kwerekeza i Goma

Imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’igisirikare cya Congo , yakomeje ku cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2024, yerekeza Goma. Iyi mirwano iri kubera muri teritwari ya Masisi muri Nyiragongo hafi ya Pariki ya Virunga mu Ntara ya Kivu ya Ruguru. Uhagarariye sosiyete sivite muri Nyiragongo yabwiye Ikinyamakuru Actualite dukesha iyi  nkuru, ko iyi mirwano yo […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umugabo yimanitse nyuma yo gutongana n’umugore we bapfa umwana batabyaranye

Ntegamaherezo Eric w’imyaka 33 wo mu mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe yimanitse mu mugozi,hagakekwa intonganya yari yagiranye n’umugore we bapfa ko adashaka umwana w’umukobwa w’imyaka 5 umugore yahashakanye. Umuturanyi w’uyu muryango  yavuze ko yemeza ko yabanye na nyakwigendera afite umwana ariko ngo mbere yo kwemera ko basezerana […]

Continue Reading