Nta muturage w’u Burusiya wemerewe kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo zidakenewe muri Amerika no mu bindi bihugu bifitanye umubano ukomeye na yo kuko bashobora gutabwa muri yombi bazizwa impamvu za politike. Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Maria Zakharova, yavuze ko Abarusiya bajya muri Amerika bishobora kubakururira ibyago byo gufungwa kubera umubano hagati y’ibihugu byombi ukomeje kuzamba. […]

Continue Reading

LIVE: Officer Cadets Passout and Commissioning Ceremony | PTS-Gishari

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard avuga ko nyuma y’imyaka 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ihagaritswe, Polisi y’Igihugu ifite inshingano zo gukomeza guharanira kurinda umutekano w’igihugu. Amajyambere n’umutekano u Rwanda rufite, Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yabwiye abapolisi bahawe ipeti ryo ku rwego rw’aba Ofisiye bato (Assistant Inspector of Police / AIP) ko bafite inshingano zo […]

Continue Reading

Rayon Sports iri mu biganiro n’umukinnyi ukina hagati mu kibuga

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro na Jospin Nshimirimana wasinyiye Kiyovu Sports mu mpeshyi ya 2024, ariko ntayikinire kubera ibihano ifite. Amakuru yizewe ni uko mu gihe hategerejwe isoko ryo muri Mutarama 2025, mu bakinnyi Rayon Sports yatekerejeho ndetse inageze kure ibiganiro na bo harimo Jospin Nshimirimana ukina hagati mu kibuga yugarira, wasinyiye Kiyovu […]

Continue Reading

Rutsiro: Umugabo washakishwaga akekwaho kwica umugore we yafashwe

Mutuyimana Oswald w’imyaka 38 wo mu Mudugudu wa Gashasho, Umurenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro, washakishwaga n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore we Mukagakwerere Fortunée w’imyaka 35, yatawe muri yombi. Mutuyimana yatemye umugore we n’umupanga mu gicuku gishyira ku wa 11 Ukuboza 2024, aratoroka none yafatiwe mu nzu y’umuturage, mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Bunyoni, […]

Continue Reading

Nyuma y’agahenge Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani

Bwa mbere kuva hashyirwaho agahenge k’iminsi 60 katangiye ku ya 27 Ugushyingo ko guhagarika imirwano hagati yaIsiraheli na Libani, Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani. Ingabo za Isiraheli zatangiye gukura ingabo zayo mu majyepfo ya Libani, ku nshuro ya mbere maze zisimburwa n’abasirikare ba Libani, hakurikijwe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hezbollah, nk’uko […]

Continue Reading

Abigaragambya muri Ghana bakomeje guhura n’uruva gusenya

Abarenga 100 bashyigikiye Perezida mushya wa Ghana, John Mahama batawe muri yombi bashinjwa ibikorwa by’urugomo. Aba bateye ibigo bitandukanye bya Leta, basahura imitungo, banahangana n’Abapolisi n’Abasirikare. Aba kandi banateye ibiro 2 bya Komisiyo y’Amatora, bashinja iyi komisiyo ngo gutinda gutangaza ibyavuye mu matora yabaye ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize. Bavuga kandi ko batemera bimwe mu […]

Continue Reading

Gakenke: Imbwa zongeye kwica ihene eshanu

Nyuma y’ibyumweru bibiri imbwa zo mu gasozi zizwi nk’ibihomora ziteye abaturage bo mu Kagari ka Huro, mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke zikica amatungo umunani arimo ihene esheshatu n’intama ebyiri bizezwa ko izo mbwa zamaze kwicwa, zagarutse zisanga ihene ku gasozi aho ziziritse zicamo eshanu ku wa mbere tariki 09 Ukuboza 2024. Umuyobozi […]

Continue Reading

Rutsiro: Umugabo arakekwaho kwica umugore amutemaguye agatoroka

Mutuyimana Oswald w’imyaka 38 wo mu Mudugudu wa Gashasho, Umurenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro arashakishwa n’Inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore we Mukagakwerere Fortunée w’imyaka 35 bari bamaranye imyaka 17. Bikekwa ko intandaro yo kwivugana umugore we ari uko yari yamwangiye kugurisha umurima wa kabiri kandi n’uwa mbere yari yawugurishije miliyoni imwe n’igice y’amafaranga y’u […]

Continue Reading

Rusizi: Umusore yatawe muri yombi azira gusambanya umwana akanamutera inda

Butoyi Moise w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Burunga, Umurenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi, afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kamembe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 akanamutera inda. Yafashwe yamuzanye ngo babane aho yari yakodesheje mu Mudugudu wa Karitasi muri ako Kagari ka Burunga. Umwe mu baturage batanze ayo makuru yatumye […]

Continue Reading

NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira mu rugo (Igihembwe cya 1 umwaka w’amashuri wa 2024-2025) Abanyeshuri bazataha hagati y ’itariki ya 19- 22 Ukuboza 2024. Ingendo zizakorwa hakurikijwe Uturere ibigo by’amashuri biherereyemo.

Continue Reading

Hatangajwe gahunda y’ingendo z’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

  Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) bwashyize hanze gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikiwe ku biga by’amashuri ubwo bazaba basubira mu miryango mu biruhuko by’igihembwe cya mbere, izatangira tariki 19 Ukuboza 2024. Iyi gahunda yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Ukuboza 2024, igaragaza ko izi ngendo zizatangira tariki 19 Ukuboza 2024, […]

Continue Reading