Mu bihe bya Noheli umutekano wagenze neza -RNP

Polisi y’Igihugu yavuze ko mu bihe bya Noheli, abantu 2 bahitanwe n’impanuka zirimo iyabereye mu Mujyi wa Kigali n’iyabereye mu muhanda Gicumbi-Nyagatare, gusa muri rusange umutekano ukaba waragenze neza. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze  ko muri rusange kuri Noheli umutekano wagenze neza mu Gihugu hose. Abatuye mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero […]

Continue Reading

Menya igisobanuro cy’umutako w’igiti cya Noheli

Mu minsi mikuru isoza umwaka, cyane ku munsi mukuru wa Noheli, ubwo abakirisitu baba bizihiza ivuka rya Yezu Krisitu, usanga hirya no hino mu miryango, ku kazi, mu Kiliziya, mu nsengero hatatse igiti cya Noheli. Abifite bagura ibiti bihenze ndetse biba binatatseho utuntu twinship dutandukanye hariho n’urumuri, naho abadafite amikoro ahagije bagahitamo gushaka aho katema […]

Continue Reading

Imfashanyo y’ibiribwa yabaye intandaro y’urupfu rw’abagera kuri 67

  Muri Nigeria, abantu bagera kuri 67 baguye mu muvundo wo gufata ibyo kurya by’ubuntu, byatanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Noheri, abenshi bakaba ari abana bato. Nibura abana 35 nibo baguye mu muvundo wo gufata ibiribwa muri Leta ya Oyo muri Nigeria, abandi 22 bagwa mu gikorwa cyo gutanga ibiribwa cyabereye muri […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umugabo n’umusore bafatanywe ihene bibye bamaze kuyibaga

Nsengimana François w’imyaka 32 na Niyomwungeri Olivier wa 18 bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa ihene bibye mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Rusebeya, Akagari ka Muhororo, Umurenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke. Abo bajura bombi bafatiwe mu rugo rw’uwo Nsengimana François bamaze kuyikuraho uruhu. […]

Continue Reading

Abantu 38 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato berekeza mu minsi mikuru

Ubwato bwari butwaye abantu bajyaga mu minsi mikuru mu Majyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwakoze impanuka ihitana 38, abandi 100 baburirwa irengero. Ubu bwato bwakoreye impanuka mu mugezi wa Busira bwari butwaye abantu bagera kuri 400 ubwo bajyaga kwizihiza iminsi mikuru mu miryango yabo. Nubwo nta yandi makuru aratangazwa ajyanye […]

Continue Reading

Abatuye n’abakorera mu mazu ageretse mu Bugesera  barataka kubura amazi

Hari abaturage batandukanye bakorera n’abandi  batuye mu mazu ageretse mu mujyi wa Nyamata akarere ka Bugesera bataka bavuga ko Babura amazi  mu mazu bakoreramo bityo bikabateza umwanda cyane cyane mu bwiherero  ndetse n’igihombo ku bakoreramo ubucuruzi. Ubwo Rwandanews24 yageraga muri uyu mujyi yanyuze ku nyubako ikoreramo inzu itunganya imisatsi y’abagore n’abagabo maze bavuga iby’iki kibazo. […]

Continue Reading

Amavubi yatsinzwe umukino ubanza na Sudani y’Epfo mu gushaka itike ya CHAN 2024

Ikipe y’Igihugu ”Amavubi” y’abakina imbere mu Gihugu yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 3-2 mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma mu gushaka itike ya Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024). Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Ukuboza 2024, muri Juba International Stadium. Sudani y’Epfo yatangiranye umukino imbaraga nk’ikipe iri mu […]

Continue Reading

APR FC yasinyishije Nshimirimana Ismaël Pitchou

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi, Nshimirimana Ismaël uzwi nka Pitchou, yongeye gusubira mu ikipe ya APR FC nyuma yo gutandukana na yo mu mezi make ashize kubera kubura umwanya uhoraho wo gukina. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri iki Cyumweru tariki 22 Ukuboza 2024, APR FC yemeje ko yasinyishije uyu mukinnyi amasezerano azarangirana n’umwaka w’imikino […]

Continue Reading

Umunyamakuru Sam Karenzi yasezeye mu Kiganiro Urukiko rw’Ubujurire

Umunyamakuru Sam Karenzi uri mu bafite izina rikomeye mu itangazamakuru rya siporo mu Rwanda, ageze kure imirimo yo gutangiza radiyo ye ku giti cye ateganya gufungura mu minsi iri imbere. Amakuru yizewe  ahamya ko Sam Karenzi amaze iminsi mu myiteguro yo gutangiza radiyo ye ndetse magingo aya akaba yaranamaze gusezera kuri bagenzi be bakoranaga mu […]

Continue Reading

RIB yataye muri yombi Abayobozi mu Turere twa Rusizi, Nyamasheke na Kirehe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Mbyayingabo Athanase, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Rusizi, Rutikanga Joseph Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imirimo rusange mu Karere ka Nyamasheke na Nsabimana Cyprien, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kirehe. Umuvugizi wa RIB, Dr. Thierry B. Murangira, yavuze  ko aba bayobozi bose bakurikiranyweho icyaha cyo gutanga isoko rya Leta mu […]

Continue Reading