Ibinyabiziga bitwara abagenzi mu buryo bwa magendu byafatiwe ingamba

Imodoka zitwara abantu zitabifitiye ibyangombwa ziraburirwa kureka ubwo buryo bwa magendu zitwaramo abagenzi cyane ko ziba zitanabifitiye uburenganzira nk’ibyangombwa bizemerera gukora kandi usanga zibangamira ubwikorezi muri Kigali ndetse no mu Ntara. Izo modoka ziganjemo iziba ziparitse hanze ya gare aho usanga zifite abakomisiyoneri, (Abapyesi), bazihamagarira abagenzi. Mu kiganiro RBA yagiranye na Polisi y’u Rwanda,Umujyi wa […]

Continue Reading

SEDO w’Akagari arashinjwa kurya amafaranga ya Mituweli yahawe n’abaturage

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Bugomba, Umurenge wa Kaniga, Akarere ka Gicumbi, barashinja Umukozi w’Akagariushinzwe Iterambere (SEDO) Benegusenga Gilbert, kunyereza amafaranga ya Mituweli bamuhaye ngo ayabashyirire muri sisitemu. Aba baturage batungurwa n’uko bajya kwivuza bagasanga batarishyuye ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) kandi umusanzu wabo barawuhaye uyu muyobozi. Ikibashengura kurushaho ni uko muri iyi minsi […]

Continue Reading

RED – TABARA ngo yaba igiye gushyirwaho iherezo

Umutwe w’inyeshamba wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uheruka kwirukanwa mu Mibunda muri Kivu y’Amajy’epfo, aho wari warahungiye nyuma y’uko utangiye kugabwaho ibitero simusiga by’ihuriro ry’ingabo z’u Burundi, iza RDC hamwe n’umutwe wa Maï Maï Yakutumba. Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka nibwo Maï Maï ku bufasha bw’Ingabo z’u Burundi zo mu itsinda […]

Continue Reading

Dr. Patrice Mugenzi Mugenzi uheruka kugirwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yahererekanyije ububasha na Musabyimana Jean Claude

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ukwakira 2024, Dr. Patrice Mugenzi uheruka kugirwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yahererekanyije ububasha na Musabyimana Jean Claude wari kuri uyu mwanya kuva mu 2022. Dr Patrice Mugenzi yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Amakoperative (RCA). Asimbuye Musabyimana Jean Claude wari umaze hafi imyaka ibiri kuri […]

Continue Reading

Maj Gen. Alex Kagame yahererekanyije ububasha na Maj Gen (Rtd) Frank Mugambage

Kuri uyu wa Mbere tariki 21 Ukwakira 2024, uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara Maj Gen. (Rtd) Amb. Frank Mugambage yaherekanyije ububasha na Maj.Gen. Alex Kagame wamusimbuye kuri uwo mwanya. Ni umuhango wabereye ku Cyicaro cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF) witabiriwe n’abagize amashami y’Inkeragutabara. Tariki 15 Ukwakira 2024, ni bwo Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo […]

Continue Reading

Imvura yasenyeye abaturage b’Umujyi wa Muhanga

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Muhanga n’Utugaro tumwe na tumwe tw’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, bararirira mu myotsi nyuma yo gusenyerwa inzu n’ibipangu n’imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 20 Ukwakira. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamabuye Nshimiyimana Jean Claude, yatangaje ko iyo mvura yasenye inzu n’ibipangu […]

Continue Reading

Nyagatare: Abantu 40 hafashwe bazira kwiba amatungo

Mu mezi abiri ashize, ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Nyagatare bwatanze umusaruro ukomeye mu guhashya ubujura bw’amatungo, aho hafashwe abajura barenga 40. Abaturage bitabira amarondo kandi batanga amakuru ku gihe ku bakekwaho ubu bujura, bituma abafashwe bashyikirizwa ubutabera. Bernard Nyinganyiki, umwe mu baturage bo muri Nyagatare, yavuze ko ushinzwe umutekano n’abaturage bafashije […]

Continue Reading

Perezida Kagame yagarutse ku bivugwa ko aha akazi abantu bafitanye isano

Perezida Paul Kagame yatanze ibisobanuro byimbitse ku mvano y’izina ‘Kagame’ mu gihe yakiraga indahiro z’abayobozi bashya mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. Gen. Alex Kagame. Yavuze ko guha inshingano abayobozi bafite amazina asa n’irye nta sano bifitanye n’uko baba bagira icyo bapfana, ahubwo ari ibisanzwe mu muco nyarwanda kwita abana amazina asa. Yanahishuye ko n’ubwe […]

Continue Reading

Rulindo : Bombori Bombori hagati y’umuyobozi w’ishuri n’umwungirije

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura bukorerwa mu kigo n’amanyanga yabaye mu masoko,none uyu munsi akaba abizira. Ni ibibazo byagaragajwe mu bihe bitandukanye n’uwitwa Nkurunziza Patrick,akaba ari n’umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri iri […]

Continue Reading

LONI yanyomoje amakuru ashinja RDF gufata ku ngufu abagore muri Centrefrique

  Umuryango w’Abibumbye biciye mu butumwa bwawo bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), wahakanye ibirego bishinja ingabo z’u Rwanda gufata ku ngufu abagore n’abakobwa bo muri kiriya gihugu, ushimangira ko uduce byavuzwe ko bakoreyemo biriya byaha zitadukoreramo. Ku wa 16 Ukwakira ni bwo umunyamakurukazi Barbara Debout yanditse inkuru ikubiyemo ibirego bishinja ingabo z’u […]

Continue Reading