Ibinyabiziga bitwara abagenzi mu buryo bwa magendu byafatiwe ingamba
Imodoka zitwara abantu zitabifitiye ibyangombwa ziraburirwa kureka ubwo buryo bwa magendu zitwaramo abagenzi cyane ko ziba zitanabifitiye uburenganzira nk’ibyangombwa bizemerera gukora kandi usanga zibangamira ubwikorezi muri Kigali ndetse no mu Ntara. Izo modoka ziganjemo iziba ziparitse hanze ya gare aho usanga zifite abakomisiyoneri, (Abapyesi), bazihamagarira abagenzi. Mu kiganiro RBA yagiranye na Polisi y’u Rwanda,Umujyi wa […]
Continue Reading
