Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni yarashwe

Bobi Wine, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyaka National Unity Platform (NUP), yarasiwe mu gace ka Bulindo mu karere ka Wakiso, Uganda, agakomereka ku kaguru. Ishyaka rye rya NUP ryemeje ko Bobi Wine yarashwe na polisi ya Uganda, mu gikorwa cyagaragajwe nk’icyo gushaka kwambura ubuzima uyu munyapolitiki ukomeje […]

Continue Reading

Umuvugizi wa RIB Dr. Murangira yavuze ikintu gikomeye kuri Yago

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira Thierry, yatangaje ko umunyamakuru ndetse n’umuhanzi Nyarwaya Innocent, uzwi nka Yago Pon Dat, yahunze igihugu mu gihe yakurikiranwagaho ibyaha biremereye. Yago Pon Dat, uzwi mu itangazamakuru no mu muziki, yamenyekanye mu minsi ishize ahanganye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga batandukanye. Aherutse gutangaza ko yahunze u Rwanda, avuga ko yari ahunze […]

Continue Reading

Gasabo:Abagizi ba nabi batwikiye umusaza mu nzu bakoresheje Lisansi

Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe ahasiga ubuzima. Ibi byabaye ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024, mu masaha ya saa yine z’umugoroba (22h00), mu Kagari ka Cyaruzinge, mu Mudugudu wa Karubibi. Amakuru avuga ko Rutabayiro yari aryamye mu […]

Continue Reading

Nyanza: Umusore yari yivuganye mugenzi we bapfa Indaya

Mu gicuku cyo ku wa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2024, mu Murenge wa Mukingo, Akagari ka Gatagara, mu Mudugudu wa Kinyogoto, umusore witwa Olivier w’imyaka 23 yatawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we witwa Pierre w’imyaka 21, mu murongo w’ibibazo byatewe n’indaya. Amakuru avuga ko Olivier na Pierre bapfuye umukobwa wigurisha (indaya) […]

Continue Reading

Amerika yafatiriye indege ya Perezida wa Venezuela

Tariki ya 2 Nzeri 2024, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe indege ya Dassault Falcon 900EX ikoreshwa na Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela. Uru rugamba rwafashwe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibihano byamufatiwe. Ibiro bya Amerika bishinzwe ubutabera byasobanuye ko iyi ndege ifite agaciro ka miliyoni 13 z’Amadolari yafatiwe muri Repubulika y’Abadominikani. Ibi byaje […]

Continue Reading

Kinshasa: Imfungwa 129 ziciwe muri gereza

Tariki ya 2 Nzeri 2024, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yatangaje ko imfungwa 129 ziciwe muri gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa. Izi mfungwa zishwe mu rukerera rwo kuri uwo munsi ubwo zimwe muri zo zageragezaga gutoroka iyi gereza, nk’uko byemejwe na guverinoma ya RDC. Minisitiri Shabani yavuze […]

Continue Reading

Ibyiyumvo by’abasengeraga ku Musozi wa Kanyarira bahakumiriwe

Umusozi wa Kanyarira wari warabaye ikimenyabose mu Rwanda no hanze yarwo, aho abantu baturukaga mu bice bitandukanye baza kuhashakira Imana, ku bw’inkuru zakwirakwiye ko abahageze bahakura imigisha n’ibisubizo bivuye mu ijuru. Uyu munsi, uyu musozi uherereye mu Murenge Byimana mu Karere ka Ruhango ushobora kuba intandaro yo gutabwa muri yombi, nyuma y’aho Leta y’u Rwanda […]

Continue Reading

Ruhango: Maniragaba Alfred w’imyaka 34 yishwe n’inkoni yakubiswe n’abavandimwe be bamuziza igikoma

Mu Murenge wa Ntongwe, Akarere ka Ruhango, Maniragaba Alfred w’imyaka 34 y’amavuko yapfiriye nyuma yo kugirana amakimbirane n’umuvandimwe we. Amakuru avuga ko byatewe n’uko Maniragaba yasutse igikoma mu gikombe, akinywa kirashira, maze umuvandimwe we na mushiki we bakamukubita kugeza apfuye. Nk’uko abaturage bo mu Mudugudu wa Nyacyonga babivuga, amakimbirane atangiriye ku murima Maniragaba yashakaga kugurisha, […]

Continue Reading

Nyanza: Nyuma yo gushetewe ibihumbi 10 Frw Umugabo byamuviramo gupfira mu musarane

Umugabo witwa Ntasangirwa Jean Claude w’imyaka 44 y’amavuko yapfiriye mu musarane uri mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Nyakabuye mu Kagari ka Mpanga mu Murenge wa Mukingo, Akarere ka Nyanza, ubwo yari yahawe ikiraka cyo gukuramo telefone. Ibi byabaye nyuma y’uko yagerageje gukura telefoni mu musarane w’uwitwa Gasasira Janvier w’imyaka 44, ariko birangira ahasize ubuzima. […]

Continue Reading

Mu Burundi amadini n’amatorero agiye kujya asora

Guverinoma y’u Burundi yashyizeho itegeko rishya ryo gufata no gukurikirana inkunga n’impano zituruka hanze ku madini n’amatorero. Iri tegeko ryatangajwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu tariki ya 1 Nzeri 2024, rishingiye ku rwego rwo kunoza imikorere n’imicungire y’amadini n’amatorero. Guhera tariki 16 Kanama 2024, amadini n’amatorero akorera mu Burundi agomba kujya asorera inkunga zose n’impano zituruka […]

Continue Reading

Iperereza ryavuze icyahanuye indege yari itwaye Perezida Raisi wa Iran

Iperereza ryakozwe ku mpanuka ya kajugujugu yari itwaye Perezida Ebrahim Raisi wa Iran ryagaragaje ko iyi mpanuka yatewe n’ikirere kibi. Iyi mpanuka yabaye tariki ya 19 Gicurasi 2024 ubwo Raisi yari avuye mu ruzinduko rw’akazi muri Azerbaijan y’Iburasirazuba, imwe mu ntara za Iran. Kajugujugu yarimo Perezida Raisi n’abandi bayobozi barindwi, yaguye mu misozi ikomeye, ari […]

Continue Reading