Gen Maj mu basirikare bakuru birukanywe muri RDF

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen Maj Martin Nzaramba, Col Dr Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Gen Maj Martin Nzaramba yavutse mu 1967 mu gace ka Mpigi muri Uganda, aho umuryango we wari warahungiye, yigeze kuba Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri rya Gisikare cya Nasho. Col Dr […]

Continue Reading

MTN Rwanda yasobanuye abishyujwe muri gahunda ya Macye Macye kandi batarahawe telefoni

Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe, byagaragaye ko hari abaturage bishyujwe amafaranga muri gahunda ya Macye Macye kandi batarahawemo telefoni. MTN Rwanda ivuga ko ayo mafaranga bari bishyujwe bayasubijwe ku makonti yabo ya Mobile Money. Gahunda ya Macye Macye yatangijwe na MTN Rwanda ku bufatanye na Banki ya Kigali, ifasha abakiliya […]

Continue Reading

Urukiko rwategetse ko ushinjwa kuriganya miliyari 13 Frw afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Sezisoni Manzi Davis, ukekwaho kuriganya abantu 500 akabambura amafaranga arenga miliyari 13 Frw, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Manzi Davis akurikiranyweho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, gucuruza no kuvunja amafaranga mu buryo butemewe n’icyaha cy’iyezandonke. Ibirego n’Ibisobanuro by’Ubushinjacyaha Ubushinjacyaha bwagaragaje ko Sezisoni Manzi Davis hamwe n’umugore we bashinze […]

Continue Reading

Rusizi: Umwarimu arakekwaho gutera inda abanyeshuri bane

Ababyeyi barera ku ishuri rya GS Murira ryo mu Kagari ka Cyarukara, Umurenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi basabye ubuyobozi guhagurukira ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rigaragara muri iki kigo nyuma y’aho hagaragaye abakobwa bane batwite, bikekwa batewe inda n’umwarimu wo kuri iki kigo. Babitangarije mu bukangurambaga bwo gusaba abaturage kugira uruhare mu gukumira […]

Continue Reading

Minisitiri Twagirayezu yasobanuye ikibazo cy’abana bahawe kwiga amasomo batsinzwe

Ku wa 27 Kanama 2024, Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yasobanuye impamvu zimwe mu bibazo byagaragaye nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Ibyo bibazo birimo abanyeshuri bahawe kwiga amasomo batsinzwe cyane, harimo n’umwe wahawe kwiga amasomo ya Ubugenge, Ubutabire n’Ibinyabuzima n’ubwo yose yayatsinzwe cyane. Minisitiri Twagirayezu yavuze ko ibi […]

Continue Reading

Hashyizweho uburyo bworohereza abasaba guhindura ibipimo by’ubutaka

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka, NLA, kuri uyu wa 28 Kanama 2024, cyatangaje uburyo bushya bwo gusaba serivisi zo guhindura ibipimo by’ubutaka. Serivisi zivugwa ni iyo kubugabanyamo ibice, kubuhuza, gukosora ubuso, kwandikisha isangiramutungo ku nyubako no gucamo ibice byihariye. Ubusanzwe zatangwaga mu gihe uzisaba yabanje kugeza dosiye ku biro by’Umurenge cyangwa Akarere. NLA yasobanuye ko hashingiwe […]

Continue Reading

Minisitiri Twagirayezu yavuze ku cyifuzo cy’umubyeyi cyo guhanisha abanyeshuri inkoni

Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yasubije umubyeyi wasabye ko guhanisha umunyeshuri inkoni byasubizwaho kugira ngo abana basubire ku rufatiro, amubwira ko ubu ibintu byahindutse aho guhanisha umwana ibihano bibabaza umubiri ari ikizira. Ni ubusabe umubyeyi witwa Kazubwenge Jean Damascene yagaragaje ubwo Minisiteri y’Uburezi yatangazaga amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’Icyiciro Rusange cy’ayisumbuye. Kazubwenge kandi […]

Continue Reading

Uwahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera wari ushinzwe kuburanira Leta imanza yarezwemo yafunzwe

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Ruranga Jean, wahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera, afungwa by’agateganyo iminsi 30. Ruranga, wigeze kuba umunyamategeko wari ushinzwe kuburanira Leta, yatawe muri yombi ku itariki ya 8 Kamena 2024, ashinjwa ibyaha birimo guhendesha imitungo. Ruranga yafatiwe hamwe n’umucuruzi witwa Nkundimana Jean Damascène, bombi bakaba bakurikiranyweho ibyaha birimo iyezandonke ndetse […]

Continue Reading

Dosiye y’abafite akabari kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa igezehe?

Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha. Aba bombi bakurikiranyweho icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, dosiye yabo yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 23 Kanama 2024. Amakuru ahari ahamya ko atari ubwa mbere nyiri aka kabari akurikiranyweho iki cyaha. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu […]

Continue Reading