Rusizi: Umuceri wabuze abaguzi

Abahinzi b’umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi batewe impungenge no kuba umuceri bejeje ukirunze ku mbuga no muri hangari, aho ushobora kuhangirikira igihe imvura iguye. Aba bahinzi bavuga ko umuceri urenga toni 4000 ukirunze ku mbuga banikaho biterwa n’uko inganda bafitanye amasezerano zitari kuwugura. Muri iki gihembwe cy’ihinga basaruye toni zirenga […]

Continue Reading

Muhanga: Umukozi wa Sacco yasohowe mu Biro afashwe mu mashati

Umukozi wa Sacco Dukire Nyarusange, Habinshuti Alexandre, yirukanwe mu buryo budasanzwe n’umucungamutungo wa Sacco, Twagiramariya Grace. Habinshuti avuga ko manager wategetse ushinzwe umutekano kumusohora mu biro amufashe mu mashati, akamujugunya hanze. Habinshuti yari amaze igihe akora muri Sacco Dukire Nyarusange adafite amasezerano ahoraho. Ibi byatangiye kumera nabi ubwo hasohokaga urutonde rw’abagomba gukora ikizamini cy’umwanya yari […]

Continue Reading

Tshisekedi yasubitse uruzinduko kubera uburwayi ahita ajya kwivuriza mu Bubiligi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari ateganyije mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo, ahitamo kwerekeza mu Bubiligi kwivuza. Ibiro bye byatangaje ko yari afite gahunda yo kwifatanya n’abaturage bo muri Kisangani ku itariki ya 2 Kanama 2024, ariko yaje gusubika urwo rugendo kubera impamvu z’ubuzima. Perezida […]

Continue Reading

Twagirayezu Wenceslas yakatiwe imyaka 20 y’igifungo nyuma yo kugirwa umwere

Urukiko rw’Ubujurire kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024 rwahamije Twagirayezu Wenceslas icyaha cyo kwica nk’icyaha cya Jenoside n’icyaha cyibasiye inyokomuntu, rumukatira igifungo cy’imyaka 20. Ibi byabaye nyuma y’amezi atandatu Urukiko Rukuru rumugize umwere. Ku wa 11 Mutarama 2024, Urukiko Rukuru rwasobanuye ko nta bimenyetso bifatika byatanzwe n’Ubushinjacyaha byerekana ko Twagirayezu yari mu Rwanda mu gihe […]

Continue Reading

Kayonza: IBUKA yemeje ko urupfu rwa Tito Barahira rutazabuza kuregera indishyi z’ibyo yangije

Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, IBUKA, watangaje ko nubwo Tito Barahira wari warahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfuye, bitazakuraho kureba uko batanga ikirego kugira ngo mu mitungo ye hakurwemo indishyi zakwishyurwa abarokotse Jenoside yagizemo uruhare. Ku wa 29 Nyakanga 2024, Me Richard Gisagara, umwe mu bunganira abaregera indishyi mu rubanza rwa Tito […]

Continue Reading