Itorero ry’umuriro wa Pentekote ryavuye kuri ADEPR ryafunzwe mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko Itorero ry’Umuriro wa Pentekote ryavuye kuri ADEPR ryahagaritswe mu Rwanda nyuma yo gushinjwa ibirimo gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane ahoraho mu Bakiristo. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 30 Nyakanga 2024, nk’uko bigaragara mu ibaruwa RGB yandikiye Pasiteri Ntawukuriryayo Corneille, wari uyoboye iri torero. RGB yavuze ko igenzura ryimbitse […]

Continue Reading

Amateka y’Umuganura n’uko wizihizwaga mu Rwanda

Buri wa gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura. Abakuze bavuga ko uyu muhango ari ugusigasira umurage w’u Rwanda, bitewe n’uko ukubiyemo indangagaciro z’umuco nyarwanda. Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 2 Kanama 2024, umunsi w’umuganura urizihizwa mu Karere ka Kayonza, ufite insanganyamatsiko igira iti “Umuganura, isoko y’ubumwe n’ishingiro ryo kwigira.” Inkomoko […]

Continue Reading

Nyanza: Umugore afunzwe na RIB akurikiranyweho kwica umugabo we amutemesheje umuhoro ubwo yari agiye kumucyura mu rugo yari yarahukaniyemo

Byukusenge Nyiramana Aline, umugore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Karere ka Nyanza, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugabo we, Ndagijimana Jacques, w’imyaka 25. Ibi byabaye ku wa 30 Nyakanga 2024 mu murenge wa Mukingo, akagari ka Cyerezo, mu mudugudu wa Kamabuye. Amakuru avuga ko Ndagijimana yaje gucyura umugore we […]

Continue Reading

Nyanza: Umugore yaketse ko umugabo we yazanye indaya mu nzu arayitwika irakongoka birangira asanzemo umugabo we gusa

Mu mudugudu wa Kabona, akagari ka Rwesero, umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umugore witwa Mukandamage Alphonsine yatawe muri yombi nyuma yo gutwika inzu y’umugabo we akeka ko arimo n’indaya. Nyuma yo gukora iki gikorwa, byaje kugaragara ko mu nzu harimo umugabo we gusa, Nshimiyimana Antoine. Mukandamage Alphonsine yavuze ko yashakaga gutwikana umugabo we […]

Continue Reading

Umunyarwanda w’imyaka 17 akurikiranweho kwica abantu 3 agakomeretsa bikabije 10

Umusore w’imyaka 17 witwa Axel Muganwa Rudakubana akurikiranweho icyaha cyo kwica abana b’abakobwa batatu bo mu ishuri rya Taylor Swift riherereye ahitwa Southport mu Bwongereza Muganwa Rudakubana w’imyaka 17 akurikiranweho kwica abantu 3 agakomeretsa bikabije 10 Umusore w’imyaka 17, Axel Muganwa Rudakubana akurikiranweho icyaha cyo kwica abana b’abakobwa batatu mu ishuri rya Taylor Swift ryo […]

Continue Reading

Amerika yashimiye u Rwanda na RDC ku cyemeza bafashe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashimiye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byemeye gukomeza ibiganiro bigamije gucoca amakimbirane bifitanye kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2022. Iri shimwe rikubiye mu butumwa bw’Umuvugizi w’ibiro bya Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga, Matthew Miller, bwakurikiye ibiganiro byahurije intumwa z’u Rwanda na RDC i Luanda muri Angola tariki […]

Continue Reading

Menya Impamvu z’Ifungwa ry’Insengero

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero zimwe na zimwe hirya no hino mu gihugu zafunzwe kubera kudakurikiza amategeko n’amabwiriza agenga imiryango ishingiye ku myemerere. Iri genzura ryashyizwe mu bikorwa hagamijwe kureba niba insengero n’imisigiti bihuye n’ibisabwa n’amategeko. Impamvu z’Ifungwa ry’Insengero RGB yavuze ko insengero n’imisigiti bitubahirije amategeko bihita bihagarikwa. Ibyo harimo: Kuba insengero zifite […]

Continue Reading

Menya amazina abujijwe kwitwa umwana mu Rwanda

Mu muco Nyarwanda, umuco wo kwita izina umwana ku munsi wa munani nyuma yo kuvuka ugifite agaciro gakomeye. Nubwo mu bihe byashize amazina yaherwaga ku mibereho y’ababyeyi cyangwa ibihe bibi, itegeko ry’imibereho n’imiyoborere riteganya amazina adakwiye kwitwa abana. Itegeko rigenga abantu n’umuryango, ryasohotse ku wa 30 Nyakanga 2024, rivuga ko amazina adakwiye kuba asesereza imigenzo […]

Continue Reading

Ibyihariye wamenya ku matora y’Abasenateri ateganyijwe muri Nzeri 2024

Harabura amezi make, ngo hatorwe Abasenateri b’u Rwanda kuko abagize uwo mutwe manda yabo iri kugera ku musozo. Ni amatora ateganyijwe muri Nzeri 2024 hagamijwe gutora Abasenateri 12 batorwa hakurikijwe imitegekere y’igihugu, Umusenateri umwe utorwa mu barimu n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Leta ndetse n’umwe utorwa mu barimu n’abashakashatsi baturuka muri kaminuza zigenga. Imitwe y’Inteko […]

Continue Reading

Musanze: Mudugudu na mutekano bibye miliyoni 60 Frw z’abaturage batorokera muri Uganda

Abanyamuryango babarirwa muri 500 bibumbiye mu tsinda ryitwa ‘Twivane mu bukene’ rikorera mu murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze, bararira ayo kwarika nyuma yo gukusanya abarirwa muri miliyoni 60 Frw yari kubafasha gutanga mituelle de Santé bikarangira aburiwe irengero. Abaturage bafite iki kibazo ni abo mu Kagari ka Kavumu, muri uyu Murenge wa Busogo. […]

Continue Reading

Gakenke: Abantu 80 bafashwe bari gusengera mu Kibuti cy’inkoko

Ku wa 30 Nyakanga 2024, ahagana saa yine n’igice z’amanywa, abaturage bagera kuri 80 bo mu Murenge wa Gakenke, mu Karere ka Gakenke bafatiwe mu kibuti cyororerwamo inkoko barimo gusenga mu buryo bunyuranyije n’amabwiriza y’ahakwiriye gusengerwa. Inzego z’umutekano zabajyanye ku Biro by’Umurenge wa Gakenke kugira ngo baganirizwe ku mabwiriza agenga ahemewe gusengerwa, cyane ko ngo […]

Continue Reading