Perezida Kagame yahishuye ibihe bidasanzwe yabanyemo n’imfura ye mu gihe cy’urugamba
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe yari ayoboye Urugamba rwo kubohora Igihugu, hari iminsi yamaze abana n’imfura ye, Ivan Cyomoro ku Mulindi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, aho yari afite Icyicaro. Ni ingingo Perezida Kagame yagarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Nyakanga mu 2024, mu kiganiro yagiranye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Kimwe mu […]
Continue Reading
