Perezida Kagame yahishuye ibihe bidasanzwe yabanyemo n’imfura ye mu gihe cy’urugamba

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe yari ayoboye Urugamba rwo kubohora Igihugu, hari iminsi yamaze abana n’imfura ye, Ivan Cyomoro ku Mulindi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, aho yari afite Icyicaro. Ni ingingo Perezida Kagame yagarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Nyakanga mu 2024, mu kiganiro yagiranye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Kimwe mu […]

Continue Reading

Premier Betting yahagaritswe gukorera mu Rwanda

Ikigo gikora ibijyanye no gutega n’imikino y’amahirwe cya Premier Betting cyahagaritswe mu Rwanda nyuma y’uko icyemezo cyacyo cyo gukorera mu gihugu cyarangiye kandi ubusabe bwo kucyongera ntibwemerwe. Mu ibaruwa  yandikiwe Umuyobozi w’iki kigo, igaragaza ko icyemezo cyacyo cyo gukorera mu Rwanda nk’ikigo gikora ibijyanye no gutega binyuze kuri internet cyarangiye, ariko ubusabe bwo kucyongera ntibwemerwe. […]

Continue Reading

“Nyuma y’urupfu rwa Maj. Gen. Fred Rwigema ibintu byarushijeho kuba bibi” Perezida Kagame yavuze ku bihe yasanzemo RPA nyuma y’urupfu rwa Rwigema

Perezida Paul Kagame yavuze ko nyuma y’urupfu rwa Maj. Gen. Fred Rwigema wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA zatangije Urugamba rwo kubohora Igihugu, ibintu byarushijeho kuba bibi ku buryo yageze ku Rugamba asanga hari ibibazo byinshi. Maj Gen Fred Rwigema, umwe mu batangije Urugamba rwo kubohora Igihugu, yatabarutse ku wa 2 Ukwakira mu 1990, […]

Continue Reading

Inkuba yishe abantu batandatu mu Karere ka Ngororero

Abantu batandatu bo mu Karere ka Ngororero bishwe n’inkuba bivuye ku mvura nyinshi yaguye muri ako Karere mu ijoro ryo ku wa 8 Nyakanga 2024.   Ibi bibaye nyuma y’uko imvura yari imaze igihe kinini itagwa yaba muri aka karere ndetse no mu gihugu muri rusange ariko kuri uwo munsi ubwo yagwaga yari yiganjemo inkuba. […]

Continue Reading

U Rwanda rwavuze kubyo Umuvugizi wa Leta ya Congo warushinje gufotora Minisitiri wa RDC rwihishwa mu nama iheruka kubahuza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amafoto ya Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aganira na bagenzi be bo mu Rwanda yafashwe mu buryo bwemewe n’amategeko, bitandukanye n’ibyatangajwe na Minisitiri akanaba Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya. Ku Cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, ni bwo Nduhungirehe yagiranye […]

Continue Reading

Inkende zagabye igitero ku biro by’Akarere zituma abayobozi badatanga serivisi

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko hari inkende nyinshi zagabye igitero ku biro by’Akarere ka Mubende gaherereye muri kiriya gihugu, zikaba zigakoresha uko zishatse ndetse ngo zinatuma batanga serivisi mbi kuko zihora zitera abakozi ubwoba. Aya makuru y’uko babangamirwa n’izi nkende yemejwe n’umwe mu bayobozi bo muri aka Karere witwa Samuel Mayanja, wavuze […]

Continue Reading

Abana bagororerwa muri Gereza ya Nyagatare batangiye gukora ibizamini bya Leta

Abana 16 bari kugororerwa muri Gereza y’abana ya Nyagatare batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, aho bari gukorana n’abandi banyeshuri kuri site ziri gukorerwaho ibizamini bya Leta mu Karere ka Nyagatare. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga 2024, ni bwo mu gihugu hose hatangijwe ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza amashuri […]

Continue Reading

BUGESERA :Dr Frank Habineza yemereye abaturage umuhanda n’uruganda rukora amagare

kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024, mu karere ka BUGESERA, Dr Frank Habineza Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ubwo biyamamazaga muri aka karere yemereye abaturage amazi meza umuhanda wa kaburimbo n’uruganda rukora amagare bishimisha cyane abaturage bitabiriye ibi bikorwa. Ibi bikorwa byatangiriye mu […]

Continue Reading

Hagiye kumurika imashini yakoze izajya ifasha abantu bashaka gupfa mu gihe gito cyane

Dr. Philip Nitschke, uzwi ku izina rya Dr. Death, arateganya kumurika imashini izajya ifasha abantu bashaka gupfa mu buryo bwihuse kandi mu mahoro. Nk’uko ikinyamakuru cyo mu Budage, Neue Zürcher Zeitung, cyabitangaje, izi mashini zishobora gutangira gukoreshwa mu Busuwisi bitarenze Nyakanga 2024. Iyi mashini yitwa “Suicide capsules” ifite ubushobozi bwo gufasha umuntu gupfa mu gihe […]

Continue Reading

Polisi yamaze impungenge ku mikorere ya Camera zigenzura umuvuduko

Polisi y’u Rwanda yatangiye gukoresha camera zigenzura umuvuduko mu 2019, aho camera ya mbere yashyizwe i Kanzenze mu Karere ka Bugesera. Nyuma yo kubona umusaruro mwiza, camera zashyizwe ahandi hantu nka Nyagasambu, Kamonyi, Ryabega, na Kanyinya. Ubu, izi camera ziri hose mu mihanda y’u Rwanda, harimo no mu Mujyi wa Kigali no mu ntara.   […]

Continue Reading

Abarenga ibihumbi 200 bagiye gukora ibizamini bizosa amashuri abanza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 202,999 bagiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2023-2024.   Aba banyeshuri barimo abahungu 91.189 n’abakobwa 111.810 basoje icyiciro cy’amashuri abanza bagiye gukora ibizamini bizatangira kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024.   Biteganyijwe ko abayobozi mu nzego z’uburezi bazatangiza ku mugaragaro ibyo bizamini hirya no hino […]

Continue Reading