Rayon Sports yasinyishije Hakizimana Muhadjiri

Ikipe ya Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Hakizimana Muhadjiri, warangije gushyira umukono ku masezerano y’umwaka umwe akinira iyi kipe y’i Nyanza. Ibiganiro bya Muhadjiri na Rayon Sports byatangiye ubwo umwaka wa shampiyona wasozwaga dore ko uyu mukinnyi benshi bafata nk’ufite impano kurusha abandi bakina mu Rwanda, yanze kwemera icyifuzo Police FC yamuhaga […]

Continue Reading

Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana na Erik ten Hag

Inama y’ubuyobozi ya Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana Umutoza Erik ten Hag ndetse hagiye gukurikiraho ibiganiro byo kumwongerera amasezerano dore ko asigaje umwaka umwe gusa. Mbere y’umukino wa nyuma wa FA Cup wabaye ku wa 25 Gicurasi, hari amakuru yavugaga ko Manchester United itazakomezanya na Erik ten Hag hatitawe ku cyari kuwuvamo. Nyuma yo […]

Continue Reading

“Miliyari ibihumbi 400 agiye gushyirwa mu gisirikare cya DR Congo harangizwe ikibazo cy’umutekano.” Judith Suminwa

Minisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari yayo y’imyaka itanu mu kongerera ingufu igisirikare na polisi kugira ngo bibashe kugarura amahoro cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu. Mu muhango wo kwemeza guverinoma nshya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kabiri, Judith Suminwa yagaragaje gahunda y’imyaka itanu y’iyi […]

Continue Reading

Minisitiri Kabombo ashaka komeka u Rwanda kuri DR Congo

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho. Ni amagambo Kabombo yashyize ku rukuta rwe rwa X, ayakurikiza amashusho agaragaza Perezida Tshisekedi n’abandi basirikare barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Christian Tshiwewe, […]

Continue Reading

Diane Rwigara yitandukanyije n’amagambo ya nyina

Umukobwa wa Rwigara Assinapol wabaye umushoramari ukomeye mu Rwanda, Diane Shima Rwigara, yagaragaje ko yitandukanyije n’ibyo nyina, Adeline Mukangemanyi Rwigara, yatangaje. Mu butumwa Diane yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri uyu wa 11 Kamena 2024, yagize ati “Ibyo umubyeyi wacu atangaza mu biganiro ni ibitekerezo bye bwite. Yaba njye, cyangwa basaza banjye, ntaho duhuriye […]

Continue Reading

Umusore yagiye gusaba umuyobozi w’umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi

Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42 bikekwa ko “yahaye ikiraka” Athanase Ntawupfabimaze w’imyaka 26 afatanyije na Ndagijimana Vincent bahimba Mayambara w’imyaka […]

Continue Reading

SEDO w’Akagari yafunzwe kubera ruswa y’intica ntikize

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe Iterambere n’ubukungu mu Kagari ka Kajinge (SEDO) akurikiranyweho gusaba no kwakira indonke y’amafaranga ibihumbi 20 Frw. Bigirimana Jean de Dieu w’imyaka 40 y’amavuko yatawe muri yombi ku wa 10 Kamena 2024 aho yasabye akanakira amafaranga y’umuturage kugira ngo amuhishire kandi amufashe kugurirwa indi nka […]

Continue Reading

Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya UTB yitabye Imana

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu (UTB) bwatangaje ko Prof Dr Simon Wiehler, wari Umuyobozi Mukuru wayo yitabye Imana. Kuri uyu wa kabiri, nibwo umuyobozi wa UTB wungirije ushinzwe amasomo yashyize hanze itangazo ry’uko uwari Umuyobozi Mukuru wayo yitabye Imana kuwa 10 Kamena 2024. Prof. Simon yakoze imirimo itandukanye, nk’aho yabaye Umuyobozi wungirije muri kaminuza […]

Continue Reading

Rubavu: Urwagwa rukomeje gutesha agaciro abagabo

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyakiliba haravugwa cyane amakuru y’abagabo basuzugurwa n’abagore babo, bitewe n’uko ngo aho kujya mu kazi bibeta mu tubari bakirirwamo, nyamara abagore babo bagiye gushakisha amafaranga mu bucuruzi buciriritse. Ibi byatangajwe n’abagore ubwabo ndetse n’abagabo bo muri uyu Murenge batangarije Imvaho Nshya ko aho bigeze hakenewe inama z’ubuyobozi kugira […]

Continue Reading

Amavubi yisubije umwanya wa mbere mu itsinda atsinze Lesotho

Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Muri uyu mukino waberaga muri Afurika y’Epfo, Amavubi yihagazeho arinda iki gitego yatsinze mu gice cya mbere,bituma atahana intsinzi. Amavubi yatangiye uyu mukino ahererekanya neza ndetse akinira mu rubuga rwa […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku ntambara ya Isiraheli na Hamas

Perezida Kagame yagaragaje ko n’ubwo ikibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza gikomeye bitavuze ko kitakemuka. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari mu Nama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cya Gaza, iri kubera muri Jordanie. Ni inama yatumijwe n’Umwami wa Jordanie, Abdullah II Ibn Al-Hussein, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi […]

Continue Reading