Perezida João Lourenço wa Angola Atangaje Ibiganiro Hagati ya Kagame na Tshisekedi

Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko hari ibiganiro birimo kuba kugira ngo “vuba cyane” habeho guhura hagati ya Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu rwego rwo gushakira umuti amakimbirane ari mu burasirazuba bwa RDC. Lourenço yabwiye abanyamakuru ku wa kane, ubwo yari […]

Continue Reading

Dr Habineza Frank Yemereye Abanya Gisagara Kubakemurira Ibibazo bibagoye bimaze igihe bidakemurwa

Umukandida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr. Frank Habineza, yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu murenge wa Musha, wo mu karere ka Gisagara, kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Kamena 2024. Dr. Frank Habineza yari kumwe n’abakandida depite 50 b’iri shyaka, mu gikorwa cyo kwiyamamaza kigeze ku munsi wa karindwi. Abaturage […]

Continue Reading

Inyungu zo Kwigisha Ihame ry’Uburinganire Haherewe ku Bakiri Bato mu Mashuri

Umuryango nyarwanda utari uwa leta uharanira iterambere ry’umwana, urubyiruko n’umugore, Save Generations Organization, watangaje ko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi rizarushaho gutanga umusaruro rihereye mu bana bato, bigizwemo uruhare n’abarimu nk’abasanzwe bafasha mu guhindura imyumvire iganisha kuri ejo hazaza. U Rwanda ruza mu bihugu byateje imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu nzego zitandukanye, icyakora […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze kubakoze impanuka bagiye mu bikorwa byo kumwamamaza

Perezida Kagame yihanganishije imiryango y’abaguye mu mpanuka bagiye mu bikorwa byo kumwamamaza i Huye asaba ko hakorwa ibishoboka byose kugira ngo hirindwe impanuka muri ibi bihe byo kwiyamamaza. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2024, mu karere ka Huye habereye impanuka y’imodoka yagonze bamwe mu bari bagiye mu bikorwa byo kwamamaza […]

Continue Reading

‘Abaduteye tuzabakurikirana iwabo’-Minisitiri w’Intebe wa DR Congo Yiyemeje Gukurikirana Abateye Igihugu Iwabo

Minisitiri w’intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), Judith Suminwa, ubwo yari mu ruzinduko rwe rwa mbere mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yatangaje ko bazakurikirana abateye igihugu cye kugeza iwabo, n’ubwo atavuze neza abo aribo. Ibi bikomeje mu gihe hari imirwano ikomeye muri iyi ntara, aho ingabo za leta zifashwa n’ingabo z’umuryango w’ibihugu bya […]

Continue Reading

Huye: Bahaye Perezida Kagame icyizere cyo kongera gutorwa {UKO KWIYAMAMAZA BYAGENZE}

Rwandanews24 iguhaye ikaze kuri Site ya Huye aho Umuryango FPR Inkotanyi ukomereza ibikorwa byo kwamamaza Chairman akaba n’Umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, mu matora ateganyijwe ku wa 15 Nyakanga 2024. UKO IBIKORWA BYO KWAMAMAZA PAUL KAGAME I HUYE BIRI KUGENDA: Ubuhamya bw’uko Perezida Kagame yasuye Kaminuza y’u Rwanda mu 1978 Perezida Kagame […]

Continue Reading

Rubavu: RIB yataye muri yombi abarimu babiri n’umunyeshuri umwe bo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu [UTB] ishami rya Rubavu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abarimu babiri n’umunyeshuri umwe bo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu (UTB) bakurikiranweho ibyaha byo gusaba no kwakira indonke n’icyaha cyo kuba icyitso mu ikorwa ry’icyaha cyo gusaba no kwakira indonke. Aba bantu batawe muri yombi tariki ya 19 Kanama 2024, barimo Mushobora Nizeyimana Sylvain na Munderere […]

Continue Reading

Kenya: Perezida Ruto yanze gusinya itegeko ryateje imyigaragambyo

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 26 Kamena 2024 yatangaje ko atazasinya ku itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta ya 2024 wateje imyigaragambyo yari imaze icyumweru. Iri tegeko ryari ryamaze kwemezwa n’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya ku wa 25 Kamena 2024. Perezida Ruto ni we wari utegerejwe kugira ngo aryemeze, […]

Continue Reading

Akarere ka Ngoma kasubije Dr. Frank Habineza wagashinje kumubangamira ari kukiyamamarizamo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma bwahakanye ibyatangajwe n’Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, DGPR, ku mwanya w’umukuru w’Igihugu, Dr Frank Habineza, ko ibikorwa bye byo kwiyamamaza byabangamiwe. Ku wa Mbere tariki ya 23 Kamena 2024 nibwo Dr Frank Habineza yakorewe ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu Karere ka Ngoma asaba abaturage kumutora ndetse anabizeza ko natorwa […]

Continue Reading

U Rwanda ntirucyakiriye igikombe cy’isi cy’aba_Veterans

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwavuze ko rwahagaritse ubufatanye igihugu cy’u Rwanda cyari gifitanye na EasyGroup EXP itegura igikombe cy’isi cy’aba-Veterans bityo irushanwa ryari riteganyijwe muri Nzeri rikaba ritakibereye mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’uru Rwego, bavuze ko nyuma yo kubitekerezaho neza ndetse no kuganira hagati y’impande zombi, byabaye ngombwa ko bafata icyemezo ko amasezerano […]

Continue Reading