Abadepite batoye itegeko ryemerera abafite imyaka 18 gushaka byemewe n’amategeko
Abadepite batoye itegeko rigenga abantu n’umuryango ririmo ingingo yemeza ko umuntu ufite imyaka 18 ariko utaruzuza imyaka 21, yifuza gushyingirwa ashobora kugaragariza impamvu zifatika ushinzwe irangamimerere ku rwego rw’Akarere, agasaba gushyingirwa. Iyi ni imwe mu ngingo zikubiye mu mushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango ryatangiye gutorwa kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024. Imwe mu ngingo zagarutsweho […]
Continue Reading
