Abadepite batoye itegeko ryemerera abafite imyaka 18 gushaka byemewe n’amategeko

Abadepite batoye itegeko rigenga abantu n’umuryango ririmo ingingo yemeza ko umuntu ufite imyaka 18 ariko utaruzuza imyaka 21, yifuza gushyingirwa ashobora kugaragariza impamvu zifatika ushinzwe irangamimerere ku rwego rw’Akarere, agasaba gushyingirwa. Iyi ni imwe mu ngingo zikubiye mu mushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango ryatangiye gutorwa kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024. Imwe mu ngingo zagarutsweho […]

Continue Reading

Urukiko rwagabanyirije ibihano wa mudepite wafatanwe intwaro

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw. Mu isomwa ry’uru rubanza kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024, Urukiko rwatangaje ko rwasanze Barikana agomba guhanwa ariko akagabanyirizwa ibihano kuko yaburanye yemera icyaha. Barikana Eugène yatawe muri yombi ku wa 13 Gicurasi 2024 […]

Continue Reading

Umuvunyi Wungirije yishyurije umuturage wari umaze imyaka ine yarambuwe

Umuturage wo mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, wari umaze imyaka ine yiruka kuri rwiyemezamirimo amwishyuza amafaranga y’akazi yamukoreye, yishyurijwe n’Umuvunyi Wungirije, Hon Mukama Abbas wahamagaye kuri telefone uyu rwiyemezamirimo ubwo yari mu nama n’abaturage, bituma uyu muturage atahana ibihumbi 200 Frw bye. Habiyaremye Donath wo mu Murenge wa Bweyeye yari amaze igiye […]

Continue Reading

Barafinda yongeye gutanga kandidatire asetsa abantu

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ashaka kuba umukandida kuri uwo mwanya mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.   Barafinda aherekejwe n’umugore we yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora Oda Gasinzigwa. Nyuma yo gutanga kandidatire ye, Barafinda yatangarije itangazamakuru ko yishimiye […]

Continue Reading

Perezida Kagame yageze i Nairobi mu nama ya 59 ya AFDB

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye Inama Ngarukamwaka ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) ibaye ku nshuro ya 59. Perezida Kagame ari mu banyacyubahiro bitabira ikiganiro cyo ku rwego rwa Perezida kigaruka ku “Iterambere ry’Afurika, Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, n’Amavugurura akenewe mu ruhererekane rw’Imari ku Isi”. Ocyo […]

Continue Reading

Mwalimu ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame

Hakizimana Innocent, umwarimu wo mu karere ka Nyabihu,ushaka kwiyamamariza kuba Perezida, avuga ko natsinda umukandida wa FPR INKOTANYI bahanganye, hari umwanya yamuteganyirije. Mu kiganiro yahaye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ubwo yari amaze gutanga kandidatire ye kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora,Hakizimana Innocent,yavuze ko yiteguye guha akazi Perezida Kagame. Uyu kandi yavuze ko uyu munsi ubwo yari aje […]

Continue Reading

RDC: M23 yafashe ikirombe n’agace kegereye Kanyabayonga

Imirwano ikomeye yahuje umutwe wa M23 na FARDC n’abambari bayo mu gace kegereye Kanyabayonga,yarangiye uyu mutwe uzwi nk’Intare za Sarambwe wigaruriye agace kitwa Cagara. Umujyi wa Cagara uherereye muri Teritwari ya Rutshuru hafi ya Kanyabayonga mu ntera ya Kilometero 20,niho imirwano ikaze yabereye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere. Aya makuru yemejwe na Bwana […]

Continue Reading

RIB yafunze abarimo umukozi w’akarere kubera ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu babiri barimo ushinzwe Ibikorwa Remezo mu Karere ka Kirehe, bakurikiranyweho kwakira ruswa y’ibihumbi 500 Frw muri miliyoni 21 Frw bari batse rwimezamirimo ngo azabone isoko. Ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X,RIB yemeje aya makuru,kuri uyu wa Kabiri,tariki 28 Gicurasi 2024,yagize iti: “RIB yafunze Gasagure Vital, ushinzwe ibikorwa […]

Continue Reading

Dore Amakosa 7 akunze gukorwa mu mirire nuko wayakosora

Dusoma ibitabo bivuga ku mirire, tugura imbuto zikungahaye kuri vitamin n’izindi ntungamubiri, ndetse tuzi no gusoma ibiri ku icupa cyangwa ipaki y’ibyo kurya bipfunyitse, tukamenya ibibigize. Muri make, dusobanukiwe neza ibijyanye n’imirire. Ese koko ni byo? Oya peee. Hari amakosa tujya dukora ku bijyanye n’imirire, rimwe na rimwe kubera kudasobanukirwa neza, ubundi bigaterwa no kutabanza […]

Continue Reading

Papa Francis arashinjwa gutukana

Kuri uyu wa mbere, ibitangazamakuru byinshi byo mu Butaliyani byatangaje ko Papa Francis aherutse gukoresha imvugo itukana kandi iteye isoni ubwo yavugaga ku baryamana bahuje ibitsina muri Kiliziya Gatolika. Mu cyumweru gishize, ubwo papa yari mu nama y’Abepiskopi y’Ubutaliyani (CEI), ngo yasabye abasenyeri kutakira abaryamana bahuje ibitsina ku mugaragaro mu maseminari y’idini. Ubwo yabazwaga mu […]

Continue Reading

Umupadiri yarumye umugore mu gihe cyo guhazwa

Umupadiri Gatolika wo muri Florida, muri Amerika, arashinjwa gukomeretsa umugore bari mu misa nyuma yo kumuruma amuziza kumutesha umutwe mu gih cyo guhabwa ukarisitiya Uyu mugore yabwiye abapolisi bo muri St. Cloud ko amakimbirane yatangiye ubwo padiri yangaga kumuha isakaramentu. Ati: “Ntabwo yampaye ukarisitiya. Sinzi niba byatewe n’uko nari nambaye cyangwa ikindi kintu”.   Umutangabuhamya […]

Continue Reading