Umurozi w’amakipe yo mu Rwanda yahaye gasopo abanyamakuru b’imikino

Uyu mugabo ukomoka muri Tanzania, yavuze ko amaze igihe kinini mu mwuga wo gufasha amakipe kugera ku ntsinzi abinyujije mu cyo yise “Dua” na “Dawa”, aho ngo umukino wa mbere yakoze ari uwo Terminus yatsinzemo Kiyovu Sports ibitego 4-3 mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu kiganiro yahaye IGIHE dukesha iyi nkuru, Mupenzi yavuze ko mu […]

Continue Reading

Ishyaka PDI ryahishuye umukandida rizatanga ku mwanya wa Perezida

Sheikh Musa Fazil Harelimana,Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI),, yatangaje ko rizashyigikira Umukandida Paul Kagame watanzwe n’Umuryango RPF Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganijwe muri Nyakanga 2024. Icyakora iri shyaka ryavuze ko mu matora y’abadepite rizatanga abaryo bakandida. Ibi byagarutsweho mu Nteko Nkuru ya PDI yahuje abarwanashyaka barwo baturutse hirya no hino mu […]

Continue Reading

Icyumweru kiruzuye Umunyamakuru Ishimwe Olivier “Demba Ba”aburiwe irengero n’umuryango we

Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, umunyamakuru Ishimwe Olivier uzwi nka Ba nta hantu agaragara na hamwe byateye abo mu muryango we ndetse n’inshuti ze kwibaza icyo yaba yarabaye. Uyu munyamakuru usanzwe yandika inkuru z’imikino ku Kinyamakuru Inyarwanda.com yateye benshi kwibaza aho yaba aherereye, nyuma y’uko atari iwe ndetse akaba atanaboneka kuri telefoni.umuntu wa nyuma wavuganye […]

Continue Reading

Abasirikare 20 baguye mu iturika ry’igisasu

Minisitiri w’Intebe wa Cambodia Hun Manet, yatangaje ko abasirikare 20 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye mu birindiro biri mu  burengerazuba bwa Cambodia. Ku mugoroba wo ku wa 27 Mata 2024, Hun Manet yavuze ko iki gisasu   cyakomerekeje abasirikare benshi ubwo cyaturikiraga mu birindiro by’ingabo mu Ntara ya Kampong Speu, gusa nta mubare w’abakomeretse yatangaje. Hun Manet yongeyeho […]

Continue Reading

AMASHUSHO: Bakubiswe izakabwana bazira gusambana batarashyingiranwa

Abakundana bane  barenze ku mategeko akomeye yerekeye imibonano mpuzabitsina mu karere k’abahezanguni bo mu idini ya Isilamu muri Indoneziya bakubitwa inkoni nyinshi. Intara ya Aceh nicyo gice cyonyine gikurikiza amategeko ya Sharia mu gihugu gituwe cyane n’abayisilamu ku isi cya Indonesia, kandi niko gace konyine gakubita abantu ibiboko bananiwe kubahiriza amategeko ya sharia. Hagiye hanze […]

Continue Reading

Radio10 igiye kugarura abanyamakuru mwakunze

MC Monday, Innoc Bahati, Cyrille Ndegeya,…ni amazina atazibagirana mu banyamakuru bo mu Rwanda. Imyaka 20 irashize havutse imfura mu maradiyo yigenga mu Rwanda. Ni Radio 10 ikomeje kwizihiza isabukuru y’imyaka 20, ubu ikuzaniye abanyamakuru batangiranye na yo, mu biganiro bazakora umunsi umwe, bakongera kwiyibutsa ababakunze. Tariki 28 Gashyantare 2004, insakazamajwi z’Abaturarwanda zatangiye kumvikanaho indi radio. […]

Continue Reading

Leta ya DRC yahagaritse ingendo z’indege za gisivili kubera kugirira ubwoba M23

Amakuru aturuka i Goma aravuga ko indege za gisivili zibujijwe guhagarara ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma ,kubera impamvu zagizwe ibanga ariko leta ivuga ko ari iza tekiniki. Bivugwa ko hari amakuru ikigo cy’ubutasi cya DEMIAP cyakiriye avuga ko umutwe wa M23 waba ufite umushinga wo kugenda uyobya indege ,hifashishijwe uburyo bwa Radar. Kubera iyo […]

Continue Reading

Abakubise umukobwa izakabwana wagiye mu rindi dini Polisi yabafunze

Polisi yo mu karere ka Kibuku mu burasirazuba bwa Uganda yataye muri yombi abantu barindwi bo mu muryango umwe, bazira gukubita umukobwa w’umwangavu bamuhora ko yitabiriye amasengesho mu rusengero rwa pentekote. Polisi yagaragaje ko uwahohotewe yitwa Shakira Naula. Ifatwa ryabo ryakurikiye uburakari bwa rubanda nyuma yo kubona amashusho y’ibyabaye ku mbuga nkoranyambaga. Muri iyi videwo […]

Continue Reading

Rubavu: Baravuga ko Hari ifunguro ritera bamwe ubushyuhe none barasaba kwegerezwa udukingirizo

Bamwe mu bakora akazi k’uburobyi bw’isambaza mu Karere ka Rabavu, bavuga ko kubera kurya iri funguro, bagira ubushyuhe bwinshi bwo gushaka imibonano mpuzabitsina, bagasaba kwegerezwa udukingirizo kuko ubwandu bwa Virusi itera SIDA muri aka gace bwakamejeje. Abakora aka kazi k’uburyo bw’isambaza, bemera ko ubwandu bwa Virusi itera SIDA muri aka gace bukomeje gukaza umurego, bakavuga […]

Continue Reading

Minisitiri ntazi gutandukanya u Rwanda na RDC

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu Bwongereza yanenze umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Chris Philp nyuma yo kugaragara nkaho yitiranyije u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu kiganiro BBC Question Time, aho abategetsi muri leta y’Ubwongereza babazwa ibibazo n’abaturage imbonankubone, umuturage umwe w’Ubwongereza ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yabajije ku itegeko […]

Continue Reading

Umugabo yahamijwe ubutinganyi yakoreye umwana we yahawe igihano gikomeye

Umugabo ukomoka muri Lesotho uba muri Afurika y’Epfo, yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuhungu, akatirwa gufungwa burundu. Ni icyemezo cyafashwe n’Umucamanza w’Urukiko rwo muri Ladybrand kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2024, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuntu. Uyu mugabo wahamwe n’amahano yo gusambanya umwana we w’umuhungu, akomoka muri Lesotho, akaba […]

Continue Reading